• Kigali, Rwanda
  • 0788309922
Facebook Twitter Youtube

INTYOZA

  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga
  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga
Agezweho
01/05/26
Nyarubaka-Kwibuka32: Bibutse Jenoside yakorewe Abatutsi, bunamira kandi bashyira indabo ahiciwe abana basaga 100
01/05/26
Itangazo ryo guhinduza amazina ya Nyiracumi Theodosie
01/05/26
Karama-Kwibuka32: Kuba muriho uyu munsi ni igihamya cy’uko umwijima utigeze uzimya Urumuri rwanyu-Zacharie/Ibuka
01/05/26
Karama-Kwibuka32: Iyo twaje Kwibuka tuba twaje guhamya amateka yacu nk’Abanyarwanda-Alice Kayitesi

Ipari y’Amafaranga 1000 yamuhesheje amahirwe yo gutsindira asaga Miliyoni enye muri FORTEBET

Umwanditsi
October 1, 2025

Mu gihe cy’ibyumweru bibiri, umunyamahirwe muri FORTEBET yatsindiye 4,399,417RWF yateze amafaranga Igihumbi ( 1,OOORWF) gusa. Kuri uyu munyamahirwe, byari ibihe bitoroshye nyuma yo gutegereza umukino wa nyuma ku Ipari ye aho yari yateze kwinjizanya igitego aho Brentford yari iri gukina na Manchester United mu cyumweru gishize.

Uyu Munyamahirwe, mu gutega kwe ubwo yakoraga Ipari ye yashyizeho amafaranga Igihumbi (1,000Frws), maze ahitamo imikino 17. Iyo mikino yatangiye tariki 17 Nzeri. Mu gihe andi makipe yose yari yabikoze( uko yabitegeye), byamusabye gutegereza ko hasozwa umukino wahuzaga ikipe ya Manchester City yatsinze Burnley ndetse na Brentford na Manchester United binjizanya igitego.

Iyo mikino ibiri ya nyuma, yari yoroshye kuko Brentford na Manchester United binjizanyije igitego ku munota wa 26 mu gihe Manchester City yatsinze 5 ku gitego kimwe cya Burnley.
Iyi pari ifite nimero 25259717917662.


intyoza

Share Article

Follow Me Written By

Umwanditsi

Shakisha
Izasomwe cyane
Kamonyi-Runda: Umugabo ukekwaho kwica umugore we amuteye icyuma yatawe muri yombi
Umwanditsi
November 27, 2024
Kamonyi-Musambira: Gitifu yakijijwe n’amaguru ahunga RIB agarurwa n’abaturage
Umwanditsi
October 15, 2024
Urutonde rw’abaperezida bayoboye u Rwanda kuva rwigenze
Umwanditsi
October 5, 2016
Ibyiciro

Amakuru

5956 Posts

Politiki

4204 Posts

Ubuhinzi

152 Posts

Ubukungu

1049 Posts

Imyidagaduro

88 Posts

Imikino

157 Posts
Facebook Pinterest Twitter Youtube
  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga

Intyoza.com itangaza amakuru yanyu mungingo zinyuranye z'ibibera ku isi no mukirere. Byaba ari ibyiza byubaka ndetse nibibi byo kwibazaho nko mu Bukungu, Politiki, Ikoranabuhanga, Umuco, Ubuzima, n'ibindi byinshi. Mutwandikire, mwinigure, mutugezeho ibitekerezo byanyu cyangwa izindi nkuru mwifuza kugeza kubandi.

© 2022, All Rights Reserved.

  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga