• Kigali, Rwanda
  • +250 123 456 789
Facebook Twitter Youtube

INTYOZA

  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga
  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga
Agezweho
08/05/25
Kamonyi-Runda: Polisi yataye muri yombi abasore 2 yafatanye ibiyobyabwenge
08/05/25
Kamonyi-Rukoma: Ntabwo tuzihanganira abantu b’Ingarisi batagira icyo bakora baza kwiba abaturage-DPC Furaha
08/05/25
Kamonyi-Musambira/Kwibuka31: Twahisemo kuba umwe, kureba kure ndetse no gufatanya-Visi Meya Uzziel Niyongira
08/05/25
Kamonyi: Abikorera/PSF bibutse bagenzi babo bishwe muri Jenoside yakorewe Abatutsi banaremera Intwaza

Abagerageje guhirika ubutegetsi bwa Perezida Ali Bongo wa Gabo batawe muri yombi

Umwanditsi
January 7, 2019

Bamwe mu basirikare barinda umukuru w’Igihugu cya Gabon, Ali Bongo muri iki gitondo cya tariki 7 Mutarama 2019 batangaje ko bahiritse ubutegetsi bwa Perezida barindaga. Mu masaha make yakurikiye, Minisitiri w’itumanaho akaba n’umuvugizi wa Guverinoma ya Gabon yatangaje ko abasirikare bagerageje iki gikorwa batawe muri yombi.

Guy-Bertrand Mapangou, Minisitiri ushinzwe itumanaho akaba n’umuvugizi wa Guverinoma ya Gabon, ahagana ku I saa 9 GMT yatangaje ko abasirikare bagerageje guhirika ubutegetsi bamaze gutabwa muri yombi, ko ndetse ibintu byasubiye mu buryo.

Ubwo aba basirikare bamaraga gusoma itangazo ryo guhirika ubutegetsi bwa Perezida Ali Bongo, Radio y’igihugu bahise bayikuraho. Nyuma humvikanye urusaku rw’amasasu mu mujyi rutuma benshi mu bari bagiye mu kazi bahitamo kwigumira mu ngo.

Mu itangazo ry’aba basirikare, bavuze ko imwe mu mpamvu yo guhirika ubutegetsi ituruka ku ntege nke za Perezida Ali Bongo utagishoboye kuyobora, ko kandi ngo bamwe mu bamuri hafi bakomeza kumugira umuntu ukomeye kandi integer z’umubiri we zitabimwemerera. Bavuze kandi ko hari n’abasirikare bo murwego rwo hejuru bananiwe kurengera inyungu z’abaturage ahubwo bagashyira inyungu zabo imbere.

Soma inkuru yabanjirije iyi bifitanye isano: http://www.intyoza.com/perezida-wa-gabon-yahiritswe-ku-butegetsi-nabamurinda-coup-detat/

intyoza.com

Share Article

Follow Me Written By

Umwanditsi

Shakisha
Izasomwe cyane
Kamonyi-Runda: Umugabo ukekwaho kwica umugore we amuteye icyuma yatawe muri yombi
Umwanditsi
November 27, 2024
Kamonyi-Musambira: Gitifu yakijijwe n’amaguru ahunga RIB agarurwa n’abaturage
Umwanditsi
October 15, 2024
Kamonyi-Nyamiyaga: Umurezi mu kigo cy’Ishuri araye mu maboko atari aye kubera umwana w’umukobwa w’imyaka 14-15
Umwanditsi
October 17, 2024
Ibyiciro

Amakuru

5795 Posts

Politiki

4046 Posts

Ubuhinzi

145 Posts

Ubukungu

992 Posts

Imyidagaduro

79 Posts

Imikino

138 Posts
Facebook Pinterest Twitter Youtube
  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga

Intyoza.com itangaza amakuru yanyu mungingo zinyuranye z'ibibera ku isi no mukirere. Byaba ari ibyiza byubaka ndetse nibibi byo kwibazaho nko mu Bukungu, Politiki, Ikoranabuhanga, Umuco, Ubuzima, n'ibindi byinshi. Mutwandikire, mwinigure, mutugezeho ibitekerezo byanyu cyangwa izindi nkuru mwifuza kugeza kubandi.

© 2022, All Rights Reserved.

  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga