• Kigali, Rwanda
  • +250 123 456 789
Facebook Twitter Youtube

INTYOZA

  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga
  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga
Agezweho
21/08/25
Kamonyi-Rugalika: Itsinda ry’abakekwaho ubugizi bwa nabi batawe muri yombi
21/08/25
Kamonyi-Nyarubaka: Umusore wari Papa akaba na Mama w’Abavandimwe be yishwe atewe icyuma
21/08/25
Ireme ry’Uburezi si ikintu tubyuka mu gitondo ngo tuvuge ngo twarigezeho, ni urugendo-Dr. Flora Mutezigaju/REB
21/08/25
Kamonyi-GIMI Ltd: Bishimiye ibyo bagezeho bagaragaza uruhare bafite mu iterambere ry’Umuturage

Urubanza rw’Abanyarwanda 3 bakekwaho ibyaha bya Jenoside ruratangira mu kwezi k’Ukwakira

Umwanditsi
July 8, 2019

Ubutabera bwo mu gihugu cy’u Bubiligi bwamaze gutangaza ko mu mpera z’ukwezi k’Ukwakira 2019 butangira kuburanisha urubanza rw’abanyarwanda batatu bakekwaho kugira uruhare muri Jenoside yakorewe Abatutsi.

Aba banyarwanda bakurikiranyweho kugira uruhare muri Jenoside yakorewe Abatutsi mu Rwanda mu 1994 uko ari batatu, ni Ernest Gakwaya, Nkunduwimye Emmanuel na Neretse Fabien bose batawe muri yombi mu mwaka wa 2011.

Amezi yari ashize asaga arindwi ubutabera bw’u Bubiligi butangaje ko aba bombi bagomba kugezwa imbere y’ubutabera bakisobanura kubyaha bakekwaho nubwo nta gihe runaka cyari cyatangajwe. Mu Kuboza kwa 2018 nibwo bwatangaje ibi.

Gutoranya abacamanza bagomba kuzaburanisha uru rubanza nkuko AFP dukesha iyi nkuru ibivuga biteganijwe tariki 21 Ukwakira 2019 mu gihe urubanza nyirizina ruzatangira tariki 24 Ukwakira uyu mwaka wa 2019 aho biteganijwe ko rushobora kuzamara igihe kitari gito ruburanishwa.

intyoza.com

Share Article

Follow Me Written By

Umwanditsi

Shakisha
Izasomwe cyane
Kamonyi-Runda: Umugabo ukekwaho kwica umugore we amuteye icyuma yatawe muri yombi
Umwanditsi
November 27, 2024
Kamonyi-Musambira: Gitifu yakijijwe n’amaguru ahunga RIB agarurwa n’abaturage
Umwanditsi
October 15, 2024
Urutonde rw’abaperezida bayoboye u Rwanda kuva rwigenze
Umwanditsi
October 5, 2016
Ibyiciro

Amakuru

5847 Posts

Politiki

4098 Posts

Ubuhinzi

147 Posts

Ubukungu

1005 Posts

Imyidagaduro

80 Posts

Imikino

141 Posts
Facebook Pinterest Twitter Youtube
  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga

Intyoza.com itangaza amakuru yanyu mungingo zinyuranye z'ibibera ku isi no mukirere. Byaba ari ibyiza byubaka ndetse nibibi byo kwibazaho nko mu Bukungu, Politiki, Ikoranabuhanga, Umuco, Ubuzima, n'ibindi byinshi. Mutwandikire, mwinigure, mutugezeho ibitekerezo byanyu cyangwa izindi nkuru mwifuza kugeza kubandi.

© 2022, All Rights Reserved.

  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga