• Kigali, Rwanda
  • +250 123 456 789
Facebook Twitter Youtube

INTYOZA

  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga
  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga
Agezweho
01/09/25
Kamonyi: Gahunda y’Intore mu biruhuko yarinze abana Ubuzererezi, Ihohoterwa…-Visi Meya Uwiringira
01/09/25
Kamonyi: Perezida Kagame ntabwo yahaye Umugore ijambo gusa yanarihaye Abagabo kuko ntaryo twagiraga-Visi Meya Uzziel
01/09/25
Amajyepfo: Polisi yataye muri yombi abantu 1,615 bakekwaho gukora ibyaha bitandukanye
01/09/25
Kamonyi-Nyamiyaga: Witegereza ko umuntu akora icyaha, kumira ko kiba utanga amakuru-SP Marie Goretti Uwanyirigira

Burundi/amatora: Ndayishimiye Evariste yatangajwe by’agateganyo ko yatsinze amatora n’amajwi 68,72%

Umwanditsi
May 25, 2020

Komisiyo ishinzwe amatora mu Gihugu cy’u Burundi(CENI) ku gicamunsi cy’uyu wa Mbere tariki 25 Gicurasi 2020 yatangaje ko Ndayishimiye Evariste, umukandida w’ishyaka CNDD-FDD riri ku Butegetsi, ariwe wegukanye by’agateganyo intsinzi mu matora y’umukuru w’Igihugu, aho afite amajwi 68,72%, mu gihe Agathon Rwasa wa CNL umukurikira afite 24,19%.

Komisiyo ishinzwe Amatora, ivuga ko abarundi 5,115,418 aribo bari biyandikishije ko bazatora, ariko abitabiriye itora ni 87% ( 4,450,413) by’abagombaga gutora bose. Aya ni amatora y’Umukuru w’Igihugu, ay’Abagize inteko ishinga Amategeko ndetse n’inzego z’Ibanze yose yahurijwe hamwe.

Uku niko Komisiyo y’Igihugu y’Amatora (CENI) yatangaje urutonde rw’uko abakandida barushanijwe muri aya Matora y’Umukuru w’Igihugu cy’u Burundi yabaye kuwa 20 Gicurasi 2020;

  • Evariste Ndayishimiye (CNDD-FDD): 68,72%
  • Agathon Rwasa (CNL): 24,19%
  • Gaston Sindimwo (Uprona): 1,64%
  • Domitien Ndayizeye (Kira Burundi): 0,57%
  • Léonce Ngendakumana (FRODEBU): 0,47%
  • Nahimana Dieudonné: 0,42%
  • Francis Rohero: 0,20%

Mu gihe haba nta gihindutse mu byatangajwe na CENI, Ndayishimiye Evariste niwe wazarahirira kuba umukuru w’igihugu cy’u Burundi, agasimbura Petero Nkurunziza.

intyoza.com

Share Article

Follow Me Written By

Umwanditsi

Shakisha
Izasomwe cyane
Kamonyi-Runda: Umugabo ukekwaho kwica umugore we amuteye icyuma yatawe muri yombi
Umwanditsi
November 27, 2024
Kamonyi-Musambira: Gitifu yakijijwe n’amaguru ahunga RIB agarurwa n’abaturage
Umwanditsi
October 15, 2024
Urutonde rw’abaperezida bayoboye u Rwanda kuva rwigenze
Umwanditsi
October 5, 2016
Ibyiciro

Amakuru

5853 Posts

Politiki

4104 Posts

Ubuhinzi

147 Posts

Ubukungu

1007 Posts

Imyidagaduro

82 Posts

Imikino

141 Posts
Facebook Pinterest Twitter Youtube
  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga

Intyoza.com itangaza amakuru yanyu mungingo zinyuranye z'ibibera ku isi no mukirere. Byaba ari ibyiza byubaka ndetse nibibi byo kwibazaho nko mu Bukungu, Politiki, Ikoranabuhanga, Umuco, Ubuzima, n'ibindi byinshi. Mutwandikire, mwinigure, mutugezeho ibitekerezo byanyu cyangwa izindi nkuru mwifuza kugeza kubandi.

© 2022, All Rights Reserved.

  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga