• Kigali, Rwanda
  • +250 123 456 789
Facebook Twitter Youtube

INTYOZA

  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga
  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga
Agezweho
13/06/25
Burera: ECD Burera ADEPE for Enhancing Child Safety and Family Economy
13/06/25
Kamonyi-Kwibuka31: Ikipe y’Abakanyujijeho mu Mavubi(FAPA) yageze ku mukino wa nyuma itsinze Arsenal Forever
13/06/25
Kamonyi-Rugalika: Polisi yataye muri yombi abakekwaho ubujura bwo gutegera abantu mu nzira no gutobora inzu
13/06/25
Kamonyi-Rugalika: Umukozi wa RIB yahaye ikigwa imiryango ibana idasezeranye anabahishurira ibanga rikomeye ryo kurambana
13/06/25
Burera: ECD Burera ADEPE for Enhancing Child Safety and Family Economy
13/06/25
Kamonyi-Kwibuka31: Ikipe y’Abakanyujijeho mu Mavubi(FAPA) yageze ku mukino wa nyuma itsinze Arsenal Forever
13/06/25
Kamonyi-Rugalika: Polisi yataye muri yombi abakekwaho ubujura bwo gutegera abantu mu nzira no gutobora inzu
13/06/25
Kamonyi-Rugalika: Umukozi wa RIB yahaye ikigwa imiryango ibana idasezeranye anabahishurira ibanga rikomeye ryo kurambana

Ntaganzwa Ladislas wategetse Komine Nyakizu yahamijwe ibyaha bya Jenoside, akatirwa igifungo cya burundu

Umwanditsi
May 28, 2020

Umunyarwanda Ntaganzwa Ladislas, kuri uyu wa 28 Gicurasi 2020, urukiko rukuru, mu rugereko rwihariye ruburanisha ibyaha mpuzamahanga n’ibyambukiranya imipaka ruri I Nyanza, rwamuhamije ibyaha bya Jenoside yakorewe abatutsi. Mu byo yahamijwe harimo; Icyaha cya Jenoside, Gusambanya abagore kugahato n’icyaha kibasiye inyoko muntu. Akatiwe gufungwa burundu.

Ntaganzwa Ladislas, uretse biriya byaha yahamijwe ndetse agakatirwa gufungwa “burundu”, yahanaguweho icyaha cyo kwica no gushishikariza abantu kwica abatutsi.

Urukiko rwabajije Ntaganda Ladislas niba ntacyo yongera kubyavuzwe mu rukiko ndetse n’ibihano ahawe, maze mu ijambo rimwe, ati“ Ntacyo”.

Umunyamategeko/Me Musonera Alexis wunganira Ntaganzwa Ladislas mu mategeko, yabwiye urukiko ko azajurira.

Ntaganzwa Ladislas, yahoze ari Burugumesitiri w’icyahoze ari Komine Nyakizu ari naho ibyaha yahamijwe yabikoreye. Yafatiwe muri Repubulika iharanira Demokarasi ya Congo, agezwa mu Rwanda kuwa 20 Werurwe 2016, azanywe n’indege y’umuryango w’Abibumbye, yamugejeje ku kibuga cy’indege mpuzamahanga cya Kigali I kanombe.

Urubanza rwa Ntaganzwa Ladislas, rwasomwe hifashishijwe ikoranabuhanga.

Munyaneza Theogene / intyoza.com

Share Article

Follow Me Written By

Umwanditsi

Shakisha
Izasomwe cyane
Kamonyi-Runda: Umugabo ukekwaho kwica umugore we amuteye icyuma yatawe muri yombi
Umwanditsi
November 27, 2024
Kamonyi-Musambira: Gitifu yakijijwe n’amaguru ahunga RIB agarurwa n’abaturage
Umwanditsi
October 15, 2024
Kamonyi-Nyamiyaga: Umurezi mu kigo cy’Ishuri araye mu maboko atari aye kubera umwana w’umukobwa w’imyaka 14-15
Umwanditsi
October 17, 2024
Ibyiciro

Amakuru

5815 Posts

Politiki

4066 Posts

Ubuhinzi

147 Posts

Ubukungu

995 Posts

Imyidagaduro

79 Posts

Imikino

139 Posts
Facebook Pinterest Twitter Youtube
  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga

Intyoza.com itangaza amakuru yanyu mungingo zinyuranye z'ibibera ku isi no mukirere. Byaba ari ibyiza byubaka ndetse nibibi byo kwibazaho nko mu Bukungu, Politiki, Ikoranabuhanga, Umuco, Ubuzima, n'ibindi byinshi. Mutwandikire, mwinigure, mutugezeho ibitekerezo byanyu cyangwa izindi nkuru mwifuza kugeza kubandi.

© 2022, All Rights Reserved.

  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga