• Kigali, Rwanda
  • 0788309922
Facebook Twitter Youtube

INTYOZA

  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga
  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga
Agezweho
30/10/25
Muhanga: Itsinda ry’abakekwaho ibikorwa by’Ubugizi bwa nabi batawe muri yombi
30/10/25
Kamonyi-Musambira/HC: Nyuma y’Amezi asaga 8 basa n’abakorera mu manegeka, mu Buhungiro bagarutse
30/10/25
Umunyamahirwe muri FORTEBET yatahanye asaga Miliyoni ku Ipari ebyiri zisa
30/10/25
Kamonyi-Rugalika: Ubufatanye bw’Ababyeyi n’Ubuyobozi bwa GS Ruramba, urugero rw’ibishoboka

Perezida Erdogan wa Turukiya arashinja Amerika gushyigikira abakora iterabwoba

Umwanditsi
February 16, 2021

Perezida wa Turukiya, Recep Tayyip Erdogan, yashinjije Leta zunze Ubumwe za Amerika bafatanije mu ishyirahamwe OTAN kuba ishyigikiye iterabwoba. Abivuze nyuma y’urupfu rw’abanyaturukiya 13 bashimutiwe mu majyaruguru ya Iraki. Perezida Erdogan yasuzuguye ijambo ryashyikirijwe na Amerika kuri ubwo bwicanyi, avuga ko ari ukwikurayo(urwiyerurutso).

Mu kuvuga abakora iterabwoba, Perezida Erdogan, yarimo avuga ishyaka ry’abakozi b’abakurde, PKK, yagiriza/ashinja ubwo bwicanyi kandi rimaze imyaka rirwanira mu majyaruguru ashyira uburasirazuba bwa Turukiya.

Perezida Erdogan nkuko VOA ibitangaza, yabivuze hashize umusi umwe, umuvugizi wa Minisiteri y’ububanyi n’amahanga ya Amerika avuze ko aneguye ubwicanyi bwakorewe abasivile ba Turukiya.

Minisitiri w’Ingabo wa Turukiya, Hulusi Akar, na we yavuze ku cyumweru ko iyo mirambo y’abanyagihugu babo yatowe mu ntara ya Gara, iri hafi y’urubibe rwa Turukiya na Iraki.

Munyaneza Theogene / intyoza.com

Yasuwe inshuro: 0

Share Article

Follow Me Written By

Umwanditsi

Shakisha
Izasomwe cyane
Kamonyi-Runda: Umugabo ukekwaho kwica umugore we amuteye icyuma yatawe muri yombi
Umwanditsi
November 27, 2024
Kamonyi-Musambira: Gitifu yakijijwe n’amaguru ahunga RIB agarurwa n’abaturage
Umwanditsi
October 15, 2024
Urutonde rw’abaperezida bayoboye u Rwanda kuva rwigenze
Umwanditsi
October 5, 2016
Ibyiciro

Amakuru

5901 Posts

Politiki

4152 Posts

Ubuhinzi

150 Posts

Ubukungu

1025 Posts

Imyidagaduro

85 Posts

Imikino

151 Posts
Facebook Pinterest Twitter Youtube
  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga

Intyoza.com itangaza amakuru yanyu mungingo zinyuranye z'ibibera ku isi no mukirere. Byaba ari ibyiza byubaka ndetse nibibi byo kwibazaho nko mu Bukungu, Politiki, Ikoranabuhanga, Umuco, Ubuzima, n'ibindi byinshi. Mutwandikire, mwinigure, mutugezeho ibitekerezo byanyu cyangwa izindi nkuru mwifuza kugeza kubandi.

© 2022, All Rights Reserved.

  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga