• Kigali, Rwanda
  • +250 123 456 789
Facebook Twitter Youtube

INTYOZA

  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga
  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga
Agezweho
01/09/25
Kamonyi: Gahunda y’Intore mu biruhuko yarinze abana Ubuzererezi, Ihohoterwa…-Visi Meya Uwiringira
01/09/25
Kamonyi: Perezida Kagame ntabwo yahaye Umugore ijambo gusa yanarihaye Abagabo kuko ntaryo twagiraga-Visi Meya Uzziel
01/09/25
Amajyepfo: Polisi yataye muri yombi abantu 1,615 bakekwaho gukora ibyaha bitandukanye
01/09/25
Kamonyi-Nyamiyaga: Witegereza ko umuntu akora icyaha, kumira ko kiba utanga amakuru-SP Marie Goretti Uwanyirigira

Abahanga ba ONU basabye ko Gereza ya Guantanamo ifungwa

Umwanditsi
February 24, 2021

Itsinda ry’abahanga b’Umuryango w’Abibumbye-ONU rikurikirana ibijyanye n’Uburenganzira bwa muntu, kuri uyu wa kabiri tariki 23 Gashyantare 2021 bashimye umugambi wa Perezida Joe Biden wo gufunga burundu Gereza ya Guantanamo. Ariko basaba ko ibyaha bakorewe muri iyo Gereza bihanwa.

Ibiro by’Umukuru w’Igihugu wa Amerika-White House, byavuze mu ntangiriro z’uku kwezi ko Perezida Biden yifuza gufunga iyo Gereza y’igisirikare cya Amerika iri muri Cuba.

Iyi Gereza yashyizweho nyuma y’igitero cy’iterabwoba cyabaye muri Amerika, ku itariki ya 11 z’ukwezi kwa cyenda 2001. Imfungwa zifungiwemo zafatiwe mu ntambara Leta ya Amerika yakoze ku mitwe y’iterabwoba.

Amatsinda abiri ya ONU, ashinzwe gukurikirana ababurirwa irengero hamwe n’abafungwa hatubahirijwe ubutabera, bari kumwe n’abahanga batanu bigenga mu by’uburenganzira bwa muntu barashima icyo cyipfuzo cya Amerika. Ariko banasabye Leta ya Amerika guhana abahungabanya uburenganzira bw’abanyururu 40 basigaye muri iyi Gereza. Aba bahanga nkuko VOA ibitangaza, banasaba ko abahohotewe bashumbushwa/bahabwa impozamarira.

Munyaneza Theogene / intyoza.com

Share Article

Follow Me Written By

Umwanditsi

Shakisha
Izasomwe cyane
Kamonyi-Runda: Umugabo ukekwaho kwica umugore we amuteye icyuma yatawe muri yombi
Umwanditsi
November 27, 2024
Kamonyi-Musambira: Gitifu yakijijwe n’amaguru ahunga RIB agarurwa n’abaturage
Umwanditsi
October 15, 2024
Urutonde rw’abaperezida bayoboye u Rwanda kuva rwigenze
Umwanditsi
October 5, 2016
Ibyiciro

Amakuru

5853 Posts

Politiki

4104 Posts

Ubuhinzi

147 Posts

Ubukungu

1007 Posts

Imyidagaduro

82 Posts

Imikino

141 Posts
Facebook Pinterest Twitter Youtube
  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga

Intyoza.com itangaza amakuru yanyu mungingo zinyuranye z'ibibera ku isi no mukirere. Byaba ari ibyiza byubaka ndetse nibibi byo kwibazaho nko mu Bukungu, Politiki, Ikoranabuhanga, Umuco, Ubuzima, n'ibindi byinshi. Mutwandikire, mwinigure, mutugezeho ibitekerezo byanyu cyangwa izindi nkuru mwifuza kugeza kubandi.

© 2022, All Rights Reserved.

  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga