• Kigali, Rwanda
  • +250 123 456 789
Facebook Twitter Youtube

INTYOZA

  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga
  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga
Agezweho
01/09/25
Kamonyi: Gahunda y’Intore mu biruhuko yarinze abana Ubuzererezi, Ihohoterwa…-Visi Meya Uwiringira
01/09/25
Kamonyi: Perezida Kagame ntabwo yahaye Umugore ijambo gusa yanarihaye Abagabo kuko ntaryo twagiraga-Visi Meya Uzziel
01/09/25
Amajyepfo: Polisi yataye muri yombi abantu 1,615 bakekwaho gukora ibyaha bitandukanye
01/09/25
Kamonyi-Nyamiyaga: Witegereza ko umuntu akora icyaha, kumira ko kiba utanga amakuru-SP Marie Goretti Uwanyirigira

Umusirikare w’Ubutaliyani yafatiwe mucyuho agurisha amabanga y’igihugu cye kuri Leta y’Uburusiya

Umwanditsi
March 31, 2021

Umusirikare wo mu ngabo z’Ubutaliyani zirwanira mu mazi yatawe muri yombi ari guha inyandiko z’ibanga umusirikare mukuru w’Uburusiya, nkuko polisi ibivuga.

Abo bagabo bahagaritswe na polisi ishinzwe kugenzura imyitwarire y’abasirikare (military police). Bacyekwaho ibyaha bikomeye bifitanye isano n’ubutasi ndetse n’umutekano w’igihugu.

Uwo musirikare w’Uburusiya, amakuru avuga ko yakoraga mu biro by’ubuhagarariye mu Butaliyani, biteganyijwe ko yirukanwa muri icyo gihugu.

Sergey Razov, ambasaderi w’Uburusiya mu Butaliyani, yahamagajwe i Roma na minisiteri y’ububanyi n’amahanga y’Ubutaliyani ngo atange ibisobanuro.

Polisi y’Ubutaliyani nkuko BBC ibitangaza yafatiranye “ubwo habaga inama yo mu ibanga hagati y’abo babiri, bafatwa ako kanya nyuma yuko umusirikare w’Ubutaliyani ahereje inyandiko agahabwa amafaranga”, nkuko itangazo ryayo ribivuga.

Urubuga rwa internet rw’ikinyamakuru Corriere della Sera cyo mu Butaliyani rutangaza ko impapuro zafatiwe mu nzu y’uwo musirikare wo mu ngabo zirwanira mu mazi zica amarenga ko yaba yatanze amabanga y’ingabo zihuriye mu muryango w’ubwirinzi bw’Uburayi n’Amerika (NATO/OTAN).

Iki kinyamakuru cyongeyeho ko ibyo bishyira mu kaga umutekano w’ibihugu bihuriye muri uwo muryango.

Munyaneza Theogene / intyoza.com

Share Article

Follow Me Written By

Umwanditsi

Shakisha
Izasomwe cyane
Kamonyi-Runda: Umugabo ukekwaho kwica umugore we amuteye icyuma yatawe muri yombi
Umwanditsi
November 27, 2024
Kamonyi-Musambira: Gitifu yakijijwe n’amaguru ahunga RIB agarurwa n’abaturage
Umwanditsi
October 15, 2024
Urutonde rw’abaperezida bayoboye u Rwanda kuva rwigenze
Umwanditsi
October 5, 2016
Ibyiciro

Amakuru

5853 Posts

Politiki

4104 Posts

Ubuhinzi

147 Posts

Ubukungu

1007 Posts

Imyidagaduro

82 Posts

Imikino

141 Posts
Facebook Pinterest Twitter Youtube
  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga

Intyoza.com itangaza amakuru yanyu mungingo zinyuranye z'ibibera ku isi no mukirere. Byaba ari ibyiza byubaka ndetse nibibi byo kwibazaho nko mu Bukungu, Politiki, Ikoranabuhanga, Umuco, Ubuzima, n'ibindi byinshi. Mutwandikire, mwinigure, mutugezeho ibitekerezo byanyu cyangwa izindi nkuru mwifuza kugeza kubandi.

© 2022, All Rights Reserved.

  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga