• Kigali, Rwanda
  • 0788309922
Facebook Twitter Youtube

INTYOZA

  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga
  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga
Agezweho
02/11/25
Kamonyi-GS Ruramba:“ Ishuri ryanjye, Urukwavu rwanjye”, Umushinga wo gukundisha abana Ishuri
02/11/25
Muhanga: Itsinda ry’abakekwaho ibikorwa by’Ubugizi bwa nabi batawe muri yombi
02/11/25
Kamonyi-Musambira/HC: Nyuma y’Amezi asaga 8 basa n’abakorera mu manegeka, mu Buhungiro bagarutse
02/11/25
Umunyamahirwe muri FORTEBET yatahanye asaga Miliyoni ku Ipari ebyiri zisa

Donald Trump afatiye imbugita ku ijosi rya Demokarasi ya Amerika-Perezida Biden

Umwanditsi
January 8, 2022

Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Joe Biden, arashinja Donald Trump yasimbuye kuba afatiye imbugita/icyuma ku ijosi rya Demokarasi ya Amerika. Abona uyu nk’uteje ikibazo gikomeye hamwe n’abamushyigikiye.

Ibi byavuzwe na Perezida Biden ni ko kwifatira mu gahanga kwa mbere guhambaye amaze kugirira uyu Trump yasimbuye mu gihe kigera hafi ku mwaka amusimbuye ku butegetsi bw’iki gihugu gifatwa nk’igihangange ku usi.

Ibi, Perezida Biden yabivugiye mu ijambo ryo kwibuka umwaha urangiye habaye ukubahuka ingoro ikoreramo inteko Nshingamategeko umutwe w’Abadepite na Sena bya Amerika, byakozwe n’abashyigikiye Bwana Trump.

Muri iryo jambo nkuko BBC ibitangaza, Perezida Biden yashinje Trump kuba akwirakwiza uruvangitirane rw’ibinyoma akanagerageza guhindura amateka. Yavuze ko kwanga kwa Trump kwemera ko yatsinzwe amatora byateje umugumuko/ukwigaragambya w’abantu bitwaje intwaro.

Perezida Biden, yasabye Abanyamerika kurwanira amategeko n’ubutabera bagashyira gusa imbere inyungu rusange. Bamwe mu bo mu ishyaka ry’aba Republicain ritavuga rumwe na Leta bashinje Perezida Biden kuba yitwaje iyi sabukuru y’umwaka urangiye habaye iyo myigaragambyo, mu gushyira imbere inyungu z’aba-Democrate bari ku butegetsi.

intyoza

Yasuwe inshuro: 0

Share Article

Follow Me Written By

Umwanditsi

Shakisha
Izasomwe cyane
Kamonyi-Runda: Umugabo ukekwaho kwica umugore we amuteye icyuma yatawe muri yombi
Umwanditsi
November 27, 2024
Kamonyi-Musambira: Gitifu yakijijwe n’amaguru ahunga RIB agarurwa n’abaturage
Umwanditsi
October 15, 2024
Urutonde rw’abaperezida bayoboye u Rwanda kuva rwigenze
Umwanditsi
October 5, 2016
Ibyiciro

Amakuru

5902 Posts

Politiki

4153 Posts

Ubuhinzi

150 Posts

Ubukungu

1026 Posts

Imyidagaduro

85 Posts

Imikino

151 Posts
Facebook Pinterest Twitter Youtube
  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga

Intyoza.com itangaza amakuru yanyu mungingo zinyuranye z'ibibera ku isi no mukirere. Byaba ari ibyiza byubaka ndetse nibibi byo kwibazaho nko mu Bukungu, Politiki, Ikoranabuhanga, Umuco, Ubuzima, n'ibindi byinshi. Mutwandikire, mwinigure, mutugezeho ibitekerezo byanyu cyangwa izindi nkuru mwifuza kugeza kubandi.

© 2022, All Rights Reserved.

  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga