• Kigali, Rwanda
  • +250 123 456 789
Facebook Twitter Youtube

INTYOZA

  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga
  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga
Agezweho
01/09/25
Kamonyi: Gahunda y’Intore mu biruhuko yarinze abana Ubuzererezi, Ihohoterwa…-Visi Meya Uwiringira
01/09/25
Kamonyi: Perezida Kagame ntabwo yahaye Umugore ijambo gusa yanarihaye Abagabo kuko ntaryo twagiraga-Visi Meya Uzziel
01/09/25
Amajyepfo: Polisi yataye muri yombi abantu 1,615 bakekwaho gukora ibyaha bitandukanye
01/09/25
Kamonyi-Nyamiyaga: Witegereza ko umuntu akora icyaha, kumira ko kiba utanga amakuru-SP Marie Goretti Uwanyirigira

CEDEAO iramagana igeragezwa ry’ihirikwa ry’ubutegetsi muri Guinee Bissau

Umwanditsi
February 1, 2022

Ishyirahamwe ry’Ibihugu byo mu karere ka Afurika y’uburengerazuba, CEDEAO/ECOWAS, ryamaganye icyo ryise “kugerageza” guhirika ubutegetsi mu Gihugu cya Guinee Bissau, risaba abasirikare gusubira mu makambi/ibigo byabo.

Ibi, nkuko BBC ibitangaza, bije bikurikiye amakuru y’uko hari abantu bambaye imyenda y’igisivile batangiye kurasa bari hafi y’inzu ya Leta yaberagamo inama hagati y’umukuru w’igihugu na Minisitiri w’Intebe wa Guinee Bissau, aho bari hakaba hatazwi.

Ibiro ntaramakuru Reuters bisubiramo amagambo y’itangazo rya CEDEAO agira ati “CEDEAO irimo irakurikirana n’impungenge nyinshi ibirimo bibera muri Guinee Bissau… aho abasirikare barimo bararasa mu nkengero y’ingoro/inzu ya Leta”.

“CEDEAO iramagana kugerageza guhirika ubutegetsi, ikaba inashinze ijisho abasirikare ku bijanye n’umutekano wa Prezida Umaro Sissoco Embaló hamwe n’abagize Leta ye”.

Muri iyi minsi ya vuba CEDEAO yahagaritse ikindi gihugu cy’ikinyamuryango, Burkina Faso, aho abasirikare bahiritse ubutegetsi.

intyoza

Share Article

Follow Me Written By

Umwanditsi

Shakisha
Izasomwe cyane
Kamonyi-Runda: Umugabo ukekwaho kwica umugore we amuteye icyuma yatawe muri yombi
Umwanditsi
November 27, 2024
Kamonyi-Musambira: Gitifu yakijijwe n’amaguru ahunga RIB agarurwa n’abaturage
Umwanditsi
October 15, 2024
Urutonde rw’abaperezida bayoboye u Rwanda kuva rwigenze
Umwanditsi
October 5, 2016
Ibyiciro

Amakuru

5853 Posts

Politiki

4104 Posts

Ubuhinzi

147 Posts

Ubukungu

1007 Posts

Imyidagaduro

82 Posts

Imikino

141 Posts
Facebook Pinterest Twitter Youtube
  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga

Intyoza.com itangaza amakuru yanyu mungingo zinyuranye z'ibibera ku isi no mukirere. Byaba ari ibyiza byubaka ndetse nibibi byo kwibazaho nko mu Bukungu, Politiki, Ikoranabuhanga, Umuco, Ubuzima, n'ibindi byinshi. Mutwandikire, mwinigure, mutugezeho ibitekerezo byanyu cyangwa izindi nkuru mwifuza kugeza kubandi.

© 2022, All Rights Reserved.

  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga