• Kigali, Rwanda
  • +250 123 456 789
Facebook Twitter Youtube

INTYOZA

  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga
  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga
Agezweho
01/07/25
Kamonyi: Ba Rushingwangerero bagabiye Inka uwarokotse Jenoside yakorewe Abatutsi
01/07/25
Kamonyi-Nyamiyaga: Inzu mberabyombi y’asaga Miliyoni 73 ibahesheje ishema n’igikombe
01/07/25
Kamonyi: Ingengo y’Imari y’Akarere yiyongereyeho 1,60%
01/07/25
Eugene Murangwa wakiniye Rayon Sports yavuze uko Siporo yabaye impamvu ikomeye yo kurokoka Jenoside

Nyuma y’imyaka 18 abazwe, abaganga bamusanzemo imakasi ya santimetero15

Umwanditsi
January 4, 2017

Umugabo w’imyaka 56 y’amavuko ukomoka mu gihugu cya Viyetinamu, nyuma y’imyaka 18 abazwe, abaganga bamusanzemo imakasi bamwibagiriwe mu nda mu gihe bamubagaga yakoze impanuka y’imodoka.

Nyuma y’ibyumweru bitari bike biyingayinga imyaka 18 umunyaviyetinamu w’imkaka 56 y’amavuko abazwe n’abaganga, yagiye kwa muganga bamusangamo imakasi yakoreshejwe mu kumubaga ubwo yari yakoze impanuka y’imodoka.

Uyu mugabo w’umunyeviyetinamu, ngo nyuma yo kumva aribwa munda yagiye kwa muganga agamije kumenya intandaro y’ububabare bwe, ubwo itsinda ry’abaganga ryamunyuzaga mu cyuma (Echographie) hagamijwe kureba ibyo aribyo, batunguwe no gusanga mu nda y’uyu mugabo imakasi ifite santimetero 15 z’uburebure abaganga bamwibagiriwemo mu myaka 18 ishize ubwo yabagwaga.

Imakasi yasanzwe mu nda y’Umugabo imazemo imyaka 18.

Uyu mugabo, nkuko tubikesha ibiro ntaramakuru bya Viet nam News Agency/AFP ngo ubwo yasuzumwaga n’abaganga bareba ibyamubayeho mu myaka 18 ishize, igikorwa cyo kumuvura cyamaze amasaha atatu bamukuramo imakasi bivugwa ko bamwibagiriwemo. Kugeza ubu uyu mugabo nkuko bitangazwa n’umuvugizi wa minisiteri y’ubuzima ngo nta kibazo cy’ubuzima afite, ararya neza nta kibazo.

Abategetsi muri iki gihugu kugeza ubu ngo barimo gushakisha cyane abaganga bavuye uyu mugabo mu ntara ya Bac Kan mu mwaka wa 1998 imyaka 18 irashize. Byitezwe ko nyuma y’uko bazaba batawe muri yombi bazasyikirizwa inzego zibishinzwe bakisobanura ku mayobera nk’aya yo gusiga imakasi munda y’umuntu bavuraga.

Kanda hano ujye ubona amakuru y’iwacu kandi isaha ku isaha kuri Facebook no kuri twitter

Munyaneza Theogene / intyoza.com

Share Article

Follow Me Written By

Umwanditsi

Shakisha
Izasomwe cyane
Kamonyi-Runda: Umugabo ukekwaho kwica umugore we amuteye icyuma yatawe muri yombi
Umwanditsi
November 27, 2024
Kamonyi-Musambira: Gitifu yakijijwe n’amaguru ahunga RIB agarurwa n’abaturage
Umwanditsi
October 15, 2024
Kamonyi-Nyamiyaga: Umurezi mu kigo cy’Ishuri araye mu maboko atari aye kubera umwana w’umukobwa w’imyaka 14-15
Umwanditsi
October 17, 2024
Ibyiciro

Amakuru

5824 Posts

Politiki

4075 Posts

Ubuhinzi

147 Posts

Ubukungu

998 Posts

Imyidagaduro

80 Posts

Imikino

141 Posts
Facebook Pinterest Twitter Youtube
  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga

Intyoza.com itangaza amakuru yanyu mungingo zinyuranye z'ibibera ku isi no mukirere. Byaba ari ibyiza byubaka ndetse nibibi byo kwibazaho nko mu Bukungu, Politiki, Ikoranabuhanga, Umuco, Ubuzima, n'ibindi byinshi. Mutwandikire, mwinigure, mutugezeho ibitekerezo byanyu cyangwa izindi nkuru mwifuza kugeza kubandi.

© 2022, All Rights Reserved.

  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga