• Kigali, Rwanda
  • +250 123 456 789
Facebook Twitter Youtube

INTYOZA

  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga
  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga
Agezweho
01/09/25
Kamonyi: Gahunda y’Intore mu biruhuko yarinze abana Ubuzererezi, Ihohoterwa…-Visi Meya Uwiringira
01/09/25
Kamonyi: Perezida Kagame ntabwo yahaye Umugore ijambo gusa yanarihaye Abagabo kuko ntaryo twagiraga-Visi Meya Uzziel
01/09/25
Amajyepfo: Polisi yataye muri yombi abantu 1,615 bakekwaho gukora ibyaha bitandukanye
01/09/25
Kamonyi-Nyamiyaga: Witegereza ko umuntu akora icyaha, kumira ko kiba utanga amakuru-SP Marie Goretti Uwanyirigira

Mexique yateye utwatsi ibyatangajwe na Trump ko izishyura urukuta ruzubakwa

Umwanditsi
January 26, 2017

Ubutegetsi bwa Leta ya Mexique butangaza ko nta faranga na rimwe biteguye gutanga ku rukuta Donald Trump yamaze gusinyira ko rugomba kubakwa rugatandukanya ibi bihugu.

Perezida Donald Trump, ubwo yiyamamarizaga kuyobora Amerika yashimangiye ko kimwe mubyo azakora nagera ku butegetsi azubaka urukuta ku mupaka uhuza Amerika na Mexique. Ibi yatangiye kubishyira mu bikorwa kuko yamaze gusinya itegeko ryemeza iyubakwa ry’uru rukuta akanavuga ko Mexique izabyishyura nubwo yo yabiteye utwatsi.

Mu gihe Perezida Donald Trump yamaze gushyira umukono ku itegeko ryo kubaka uru rukuta rutandukanya Amerika na Mexique ndetse agashimangira ko Mexique igomba kuzarwishyura, Perezida Enrique Pena Nieto uyobora Mexique yabiteye utwatsi avuga ko nta n’urutoboye bazishyura kuri uru rukuta.

Perezida Enrique Pena Nieto, kuri Televiziyo yabwiye abanyagihugu ko yabivuze ndetse ko abisubiramo ko nta faranga na rimwe Leta ayoboye yiteguye kwishyura uru rukuta. Kuba Mexique ititeguye kugira ifaranga na rimwe isohora mu kwishyura uru rukuta, Perezida Pena Nieto yatangaje ko ntacyo bitazahungabanya ku mubano usanzwe hagati y’ibihugu byombi, ko ndetse bazakomeza gufatanya mu gushaka umuti w’abimukira.

Kanda hano ujye ubona amakuru y’iwacu kandi isaha ku isaha kuri Facebook no kuri twitter

Munyaneza Theogene / intyoza.com

Share Article

Follow Me Written By

Umwanditsi

Shakisha
Izasomwe cyane
Kamonyi-Runda: Umugabo ukekwaho kwica umugore we amuteye icyuma yatawe muri yombi
Umwanditsi
November 27, 2024
Kamonyi-Musambira: Gitifu yakijijwe n’amaguru ahunga RIB agarurwa n’abaturage
Umwanditsi
October 15, 2024
Urutonde rw’abaperezida bayoboye u Rwanda kuva rwigenze
Umwanditsi
October 5, 2016
Ibyiciro

Amakuru

5853 Posts

Politiki

4104 Posts

Ubuhinzi

147 Posts

Ubukungu

1007 Posts

Imyidagaduro

82 Posts

Imikino

141 Posts
Facebook Pinterest Twitter Youtube
  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga

Intyoza.com itangaza amakuru yanyu mungingo zinyuranye z'ibibera ku isi no mukirere. Byaba ari ibyiza byubaka ndetse nibibi byo kwibazaho nko mu Bukungu, Politiki, Ikoranabuhanga, Umuco, Ubuzima, n'ibindi byinshi. Mutwandikire, mwinigure, mutugezeho ibitekerezo byanyu cyangwa izindi nkuru mwifuza kugeza kubandi.

© 2022, All Rights Reserved.

  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga