• Kigali, Rwanda
  • +250 123 456 789
Facebook Twitter Youtube

INTYOZA

  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga
  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga
Agezweho
18/06/25
Umukongomani wishwe azira kwanga Ruswa yagizwe Umuhire
18/06/25
Kamonyi-Mugina: Pasitori yahakaniye Mwarimukazi umushinja ko imbwa ye yamuririye umwana
18/06/25
Kamonyi-Bishenyi: Imurikabikorwa n’Imurikagurisha rihaye umukoro ubuyobozi bw’Akarere
18/06/25
Burera: ECD Burera ADEPE for Enhancing Child Safety and Family Economy

Perezida Trump afite icyizere cyo kubonera umuti w’amahoro aho abandi bawuburiye

Umwanditsi
May 23, 2017

Umukuru w’igihugu cya Leta zunze ubumwe za Amerika, Donald Trump mu rugendo agirira mu burasirazuba bwo hagati, yatangaje ko afite icyizere mu guhuza Isiraheli na Palesitina amahoro akaboneka.

Perezida Donald Trump uyoboye Leta zunze ubumwe za Amerika, mu ruzinduko agirira mu burasirazuba bwo hagati, yatangaje ko agiye gukora Ibishoboka byose kugira ngo igihugu cya Isiraheli na Palesitina amahoro byabuze igihe kitari gito agaruke.

Donald Trump, mu nama yagiranye na Mahmoud Abbas yatangaje ko yishimiye ko umuyobozi wa Palesitina yemeye kurwanya ibikorwa by’iterabwoba. Mu myaka irenga itatu ishize, nta biganiro igihugu cya Isiraheli giherutse kugirana na Palesitina.

Perezida Donald Trump, nkuko tubikesha ijwi rya Amerika avuga ko aya masezerano akomeye kuruta ayandi.

Trump, atangaza kandi ko Perezida Abbas yamwemereye ko agiye gukora yitanga kugira ngo bagere kuri iyo ntego. Yavuze ko yagiye Ibetelehemu aho yagiranye ibiganiro na Abbas, ko afite umutima urimo icyizere. Yiyemeje gukora ibishoboka byose hamwe n’abandi bategetsi ngo abafashe kugera ku mahoro arambye. Uyu munsi ni uwanyuma Perezida Trump asura akarere ko mu burasirazuba bwo hagati.

Kanda hano ujye ubona amakuru y’iwacu kandi isaha ku isaha kuri Facebook no kuri twitter

Intyoza.com

Share Article

Follow Me Written By

Umwanditsi

Shakisha
Izasomwe cyane
Kamonyi-Runda: Umugabo ukekwaho kwica umugore we amuteye icyuma yatawe muri yombi
Umwanditsi
November 27, 2024
Kamonyi-Musambira: Gitifu yakijijwe n’amaguru ahunga RIB agarurwa n’abaturage
Umwanditsi
October 15, 2024
Kamonyi-Nyamiyaga: Umurezi mu kigo cy’Ishuri araye mu maboko atari aye kubera umwana w’umukobwa w’imyaka 14-15
Umwanditsi
October 17, 2024
Ibyiciro

Amakuru

5818 Posts

Politiki

4069 Posts

Ubuhinzi

147 Posts

Ubukungu

996 Posts

Imyidagaduro

79 Posts

Imikino

139 Posts
Facebook Pinterest Twitter Youtube
  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga

Intyoza.com itangaza amakuru yanyu mungingo zinyuranye z'ibibera ku isi no mukirere. Byaba ari ibyiza byubaka ndetse nibibi byo kwibazaho nko mu Bukungu, Politiki, Ikoranabuhanga, Umuco, Ubuzima, n'ibindi byinshi. Mutwandikire, mwinigure, mutugezeho ibitekerezo byanyu cyangwa izindi nkuru mwifuza kugeza kubandi.

© 2022, All Rights Reserved.

  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga