• Kigali, Rwanda
  • +250 123 456 789
Facebook Twitter Youtube

INTYOZA

  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga
  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga
Agezweho
02/06/25
Kamonyi-College APPEC: Ntabwo wambwira ko ushobora kubaka utubakiye ku mateka-Pacifique Murenzi
02/06/25
Kamonyi-Kwibuka31: Buri wese aharanire ko amateka y’ivangura n’amacakuburi bitazongera-Meya Dr Nahayo
02/06/25
Kamonyi-Kwibuka 31: Umuntu arema undi amuhaye urugero-Dr Jaribu Théogène
02/06/25
Kamonyi: Perezida wa Njyanama y’Akarere yasabye Abajyanama kwibuka ko bafitanye Igihango n’Abaturage
02/06/25
Kamonyi-College APPEC: Ntabwo wambwira ko ushobora kubaka utubakiye ku mateka-Pacifique Murenzi
02/06/25
Kamonyi-Kwibuka31: Buri wese aharanire ko amateka y’ivangura n’amacakuburi bitazongera-Meya Dr Nahayo
02/06/25
Kamonyi-Kwibuka 31: Umuntu arema undi amuhaye urugero-Dr Jaribu Théogène
02/06/25
Kamonyi: Perezida wa Njyanama y’Akarere yasabye Abajyanama kwibuka ko bafitanye Igihango n’Abaturage

Gicumbi: Polisi y’u Rwanda yafashe ibiyobyabwenge bitandukanye

Umwanditsi
June 18, 2017

Mu mukwabu wakozwe na Polisi y’u Rwanda mu karere ka Gicumbi tariki ya 16 Kamena 2017, yafashe amakarito 6 y’inzoga yitwa Gin yari mu masashi, n’inzoga ya chief waragi amakarito 3 n’amaduzeni 7.  

Ibyafashwe muri uyu mukwabu, byaje bisanga ibindi byari byarafashwe mu ntangiriro z’uku kwezi kwa Kamena aribyo litiro 102 za kanyanga n’amakarito 12 n’igice y’inzoga ya Gin. Ibi biyobyabwenge byose byafatiwe mu murenge wa Cyumba.

Umuvugizi wa Polisi y’u Rwanda mu Ntara y’Amajyaruguru, Inspector of Police (IP) Innocent Gasasira yasabye abaturage kwirinda kwishora mu biyobyabwenge kandi bagatangira amakuru ku gihe kugira ngo ababicuruza, ababinywa n’abandi babikwirakwiza bafatwe.

Yavuze ko gucuruza ibiyobyabwenge ari icyaha nk’ibindi byose ndetse ko gihanwa n’amategeko y’u Rwanda.

IP Gasasira yasabye abaturage kutabyishoramo kuko bigira ingaruka mbi ku buzima bwabo, bityo asaba ababyeyi n’abarezi gukangurira by’umwihariko urubyiruko kubyirinda kuko aribo mizero y’igihugu cyacu ejo hazaza.

Yasobanuye ko ibiyobyabwenge ari intandaro y’ibindi byaha birimo ubujura, ihohoterwa iryo ariryo ryose, urugomo n’ibindi.

Abafatiwe mu biyobyabwenge babikoresha mu buryo ubu n’ubu, bahanwa n’ingingo ya 594 yo mu gitabo cy’amategeko ahana ibyaha mu Rwanda, aho igihano gishobora kugera no ku gifungo cy’imyaka 5.

 Kanda hano ujye ubona amakuru y’iwacu kandi isaha ku isaha kuri Facebook no kuri twitter

Intyoza.com

Share Article

Follow Me Written By

Umwanditsi

Shakisha
Izasomwe cyane
Kamonyi-Runda: Umugabo ukekwaho kwica umugore we amuteye icyuma yatawe muri yombi
Umwanditsi
November 27, 2024
Kamonyi-Musambira: Gitifu yakijijwe n’amaguru ahunga RIB agarurwa n’abaturage
Umwanditsi
October 15, 2024
Kamonyi-Nyamiyaga: Umurezi mu kigo cy’Ishuri araye mu maboko atari aye kubera umwana w’umukobwa w’imyaka 14-15
Umwanditsi
October 17, 2024
Ibyiciro

Amakuru

5807 Posts

Politiki

4058 Posts

Ubuhinzi

146 Posts

Ubukungu

994 Posts

Imyidagaduro

79 Posts

Imikino

138 Posts
Facebook Pinterest Twitter Youtube
  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga

Intyoza.com itangaza amakuru yanyu mungingo zinyuranye z'ibibera ku isi no mukirere. Byaba ari ibyiza byubaka ndetse nibibi byo kwibazaho nko mu Bukungu, Politiki, Ikoranabuhanga, Umuco, Ubuzima, n'ibindi byinshi. Mutwandikire, mwinigure, mutugezeho ibitekerezo byanyu cyangwa izindi nkuru mwifuza kugeza kubandi.

© 2022, All Rights Reserved.

  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga