• Kigali, Rwanda
  • 0788309922
Facebook Twitter Youtube

INTYOZA

  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga
  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga
Agezweho
12/03/26
Kamonyi: Ntabwo tuje kuba abayobozi ba PSF, tuje kuba abakozi banyu-Ntiyamira Felix( aka Yadema)/PSF
12/03/26
Rugalika-Umunsi w’Umugore: Gifts Rwanda yaremeye Abagore iboroza Ihene
12/03/26
Kamonyi-Rugalika: Ibintu 5 Polisi yasabye abaturage kubizibukira burundu
12/03/26
Rugalika-Masaka: Nta Kangononwa ku kwishyura Mituweri ifatiye kuri Sisitemu Imibereho

Muhanga: Gitifu w’Akarere yaba yamaze kwegura ku mirimo ye

Umwanditsi
July 2, 2017

Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’Akarere ka Muhanga, Bwana Celse Gasana amakuru agera ku kinyamakuru intyoza.com aravuga ko yaba yamaze kwegura ku mirimo ye y’ubugitifu bw’Akarere ka Muhanga.

Amakuru agera ku intyoza.com aravuga ko Bwana Celse Gasana, umunyamabanga nshingwabikorwa w’akarere ka Muhanga yaba yamaze kwegura ku mirimo ye mu karere ka Muhanga yari amazeho igihe kitari gito.

Mureshyankwano Marie Rose, Guverineri w’Intara y’amajyepfo aganira n’intyoza.com k’umurongo wa Terefone ngendanwa, yirinze cyane kwemeza aya makuru ariko kandi nta nubwo yayahakanye.

Yagize ati:” Nanjye nabyumvise ariko ntabwo ndabona ibaruwa yaba yanditse, Nzabimenya wenda ahari ejo, birashoboka kuko yari afitemo udukosa.”

Ubwo intyoza.com yageragezaga guhamagara Celse Gasana, umunyamabanga nshingwabikorwa w’Akarere ka Muhanga kuri terefone ye ngendanwa yanze kwitaba ndetse n’ubutumwa bugufi yohererejwe yanga kubusubiza.

Turakomeza kugukurikiranira iyi nkuru

Kanda hano ujye ubona amakuru y’iwacu kandi isaha ku isaha kuri Facebook no kuri twitter

Intyoza.com

Share Article

Follow Me Written By

Umwanditsi

Shakisha
Izasomwe cyane
Kamonyi-Runda: Umugabo ukekwaho kwica umugore we amuteye icyuma yatawe muri yombi
Umwanditsi
November 27, 2024
Kamonyi-Musambira: Gitifu yakijijwe n’amaguru ahunga RIB agarurwa n’abaturage
Umwanditsi
October 15, 2024
Urutonde rw’abaperezida bayoboye u Rwanda kuva rwigenze
Umwanditsi
October 5, 2016
Ibyiciro

Amakuru

5937 Posts

Politiki

4186 Posts

Ubuhinzi

152 Posts

Ubukungu

1045 Posts

Imyidagaduro

87 Posts

Imikino

156 Posts
Facebook Pinterest Twitter Youtube
  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga

Intyoza.com itangaza amakuru yanyu mungingo zinyuranye z'ibibera ku isi no mukirere. Byaba ari ibyiza byubaka ndetse nibibi byo kwibazaho nko mu Bukungu, Politiki, Ikoranabuhanga, Umuco, Ubuzima, n'ibindi byinshi. Mutwandikire, mwinigure, mutugezeho ibitekerezo byanyu cyangwa izindi nkuru mwifuza kugeza kubandi.

© 2022, All Rights Reserved.

  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga