• Kigali, Rwanda
  • +250 123 456 789
Facebook Twitter Youtube

INTYOZA

  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga
  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga
Agezweho
18/06/25
Umunyamakuru akwiye kwirinda kugaragara nk’umwanzi mu mpande 2 zihanganye-Me Ibambe
18/06/25
Umukongomani wishwe azira kwanga Ruswa yagizwe Umuhire
18/06/25
Kamonyi-Mugina: Pasitori yahakaniye Mwarimukazi umushinja ko imbwa ye yamuririye umwana
18/06/25
Kamonyi-Bishenyi: Imurikabikorwa n’Imurikagurisha rihaye umukoro ubuyobozi bw’Akarere

Muhanga: Gitifu w’Akarere yaba yamaze kwegura ku mirimo ye

Umwanditsi
July 2, 2017

Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’Akarere ka Muhanga, Bwana Celse Gasana amakuru agera ku kinyamakuru intyoza.com aravuga ko yaba yamaze kwegura ku mirimo ye y’ubugitifu bw’Akarere ka Muhanga.

Amakuru agera ku intyoza.com aravuga ko Bwana Celse Gasana, umunyamabanga nshingwabikorwa w’akarere ka Muhanga yaba yamaze kwegura ku mirimo ye mu karere ka Muhanga yari amazeho igihe kitari gito.

Mureshyankwano Marie Rose, Guverineri w’Intara y’amajyepfo aganira n’intyoza.com k’umurongo wa Terefone ngendanwa, yirinze cyane kwemeza aya makuru ariko kandi nta nubwo yayahakanye.

Yagize ati:” Nanjye nabyumvise ariko ntabwo ndabona ibaruwa yaba yanditse, Nzabimenya wenda ahari ejo, birashoboka kuko yari afitemo udukosa.”

Ubwo intyoza.com yageragezaga guhamagara Celse Gasana, umunyamabanga nshingwabikorwa w’Akarere ka Muhanga kuri terefone ye ngendanwa yanze kwitaba ndetse n’ubutumwa bugufi yohererejwe yanga kubusubiza.

Turakomeza kugukurikiranira iyi nkuru

Kanda hano ujye ubona amakuru y’iwacu kandi isaha ku isaha kuri Facebook no kuri twitter

Intyoza.com

Share Article

Follow Me Written By

Umwanditsi

Shakisha
Izasomwe cyane
Kamonyi-Runda: Umugabo ukekwaho kwica umugore we amuteye icyuma yatawe muri yombi
Umwanditsi
November 27, 2024
Kamonyi-Musambira: Gitifu yakijijwe n’amaguru ahunga RIB agarurwa n’abaturage
Umwanditsi
October 15, 2024
Kamonyi-Nyamiyaga: Umurezi mu kigo cy’Ishuri araye mu maboko atari aye kubera umwana w’umukobwa w’imyaka 14-15
Umwanditsi
October 17, 2024
Ibyiciro

Amakuru

5819 Posts

Politiki

4070 Posts

Ubuhinzi

147 Posts

Ubukungu

996 Posts

Imyidagaduro

79 Posts

Imikino

139 Posts
Facebook Pinterest Twitter Youtube
  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga

Intyoza.com itangaza amakuru yanyu mungingo zinyuranye z'ibibera ku isi no mukirere. Byaba ari ibyiza byubaka ndetse nibibi byo kwibazaho nko mu Bukungu, Politiki, Ikoranabuhanga, Umuco, Ubuzima, n'ibindi byinshi. Mutwandikire, mwinigure, mutugezeho ibitekerezo byanyu cyangwa izindi nkuru mwifuza kugeza kubandi.

© 2022, All Rights Reserved.

  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga