• Kigali, Rwanda
  • +250 123 456 789
Facebook Twitter Youtube

INTYOZA

  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga
  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga
Agezweho
09/05/25
Kamonyi-Runda: Polisi yataye muri yombi abasore 2 yafatanye ibiyobyabwenge
09/05/25
Kamonyi-Rukoma: Ntabwo tuzihanganira abantu b’Ingarisi batagira icyo bakora baza kwiba abaturage-DPC Furaha
09/05/25
Kamonyi-Musambira/Kwibuka31: Twahisemo kuba umwe, kureba kure ndetse no gufatanya-Visi Meya Uzziel Niyongira
09/05/25
Kamonyi: Abikorera/PSF bibutse bagenzi babo bishwe muri Jenoside yakorewe Abatutsi banaremera Intwaza

Nti bisanzwe: Muri Canada, Igitsina kitazwi kigiye kujya cyandikwa mu byangombwa

Umwanditsi
August 26, 2017

Mu gihe bizwi kandi bimenyerewe ko mu bijyanye n’imiterere ya muntu hari igitsina Gabo n’Igitsina Gore aho ndetse no mu byangombwa usanga bandika Gabo/Gore, mu gihugu cya Canada ho byahindutse, igitsina kitazwi kigiye kujya cyandikwa mu byangombwa.

Leta ya Canada yatangaje ko hagiye kuzajya handikwa igitsina kitari ikigore cyangwa ikigabo kandi kigashyirwa ku byangombwa hakoreshejwe inyuguti ya «  X »

Nk’uko byatangajwe na Guverinemea w’i Quebec kuri uyu wa Kane, tariki ya 24 Kanama 2017, atangaza ko iki gitsina kitari gabo cyangwa gore kigiye kuzajya  cyandikishwa inyuguti ya « X » kandi cyandikwe mu ma karita ndangamuntu z’abaturage b’icyo gihugu.

Ku bagabo hazajya handikwaho inyuguti ya « M » naho ku bagore handikweho inyuguti ya « F » n’aho abashaka ko ibitsina byabo bitazwi handikweho « X ».

Ibi bikaba bigamije koroshya itangwa ry’ibyangombwa birimo na passeports ndetse n’ibindi byangombwa by’inzira. Ibi bikaba bizatangira gushyirwa mu bikorwa kuva tariki ya 31 Kanama 2017.

Aha Minisitiri ushinzwe impunzi, abinjira n’abasohoka; Ahmed Hussen yagize ati « Dutangiza ibi, mu byangombwa bitangwa na Leta, dufashe ingamba kugira ngo hatagira umunyagihugu wacu ubirenganiramo kubera igitsina cye ».

Kanda hano ujye ubona amakuru y’iwacu kandi isaha ku isaha kuri Facebook no kuri twitter

Murekezi Zacharie / intyoza.com

Share Article

Follow Me Written By

Umwanditsi

Shakisha
Izasomwe cyane
Kamonyi-Runda: Umugabo ukekwaho kwica umugore we amuteye icyuma yatawe muri yombi
Umwanditsi
November 27, 2024
Kamonyi-Musambira: Gitifu yakijijwe n’amaguru ahunga RIB agarurwa n’abaturage
Umwanditsi
October 15, 2024
Kamonyi-Nyamiyaga: Umurezi mu kigo cy’Ishuri araye mu maboko atari aye kubera umwana w’umukobwa w’imyaka 14-15
Umwanditsi
October 17, 2024
Ibyiciro

Amakuru

5795 Posts

Politiki

4046 Posts

Ubuhinzi

145 Posts

Ubukungu

992 Posts

Imyidagaduro

79 Posts

Imikino

138 Posts
Facebook Pinterest Twitter Youtube
  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga

Intyoza.com itangaza amakuru yanyu mungingo zinyuranye z'ibibera ku isi no mukirere. Byaba ari ibyiza byubaka ndetse nibibi byo kwibazaho nko mu Bukungu, Politiki, Ikoranabuhanga, Umuco, Ubuzima, n'ibindi byinshi. Mutwandikire, mwinigure, mutugezeho ibitekerezo byanyu cyangwa izindi nkuru mwifuza kugeza kubandi.

© 2022, All Rights Reserved.

  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga