Abari barabujijwe kubakisha “rukarakara” bakomorewe

Nyuma y’igihe kitari gito bibujijwe kubakisha amatafari ya “rukarakara” mu bice bimwe na bimwe by’igihugu cyane cyane ibice by’umujyi, hasohotse amabwiriza yemerera abantu kubakisha aya matafari yari yarahejwe kuri bamwe. 

Uko amabwiriza agena iyubakishwa ry’aya matafari yari yarabaye akabuze kuri bamwe ateye, urabisoma mu nyandiko irambuye ikurikira:

 

 

 

 

Abatari bake baganiriye n’intyoza.com bahamya ko hagiye kubaho impinduka zikomeye mu myubakire. Bamwe bavuga ko ubukode bari barahejejwemo kubera kugira ibibanza bananirwaga kubaka bugiye guhenduka, imicanga n’amatafari ya mpunyu bigiye guhenduka n’ibindi.

Umwe muri bo ati “Kalibu Rukarakara, kwaheli n’ubukode buhenze ndetse n’ibiciro by’imicanga n’amatafari ya mpunyu byatubuzaga kubaka ibibanza twaguze”. Akomeza avuga ko ibi ari nk’umuganura Leta ihaye abaturage bayo.

Munyaneza Theogene / intyoza.com

Umwanditsi

Learn More →