• Kigali, Rwanda
  • 0788309922
Facebook Twitter Youtube

INTYOZA

  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga
  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga
Agezweho
20/06/26
Kamonyi-EXPO: Abaturage barakangurirwa kugera ahabera Imurikabikorwa n’Imurikagurisha/EXPO
20/06/26
Ruhango: Urubyiruko rwasabwe kumenya amateka y’u Rwanda no kugira uruhare mu gukumira ibyaha
20/06/26
Kamonyi-Gacurabwenge: Umurambo w’umusaza w’imyaka 67 wasanzwe mu cyumba araramo
20/06/26
Kamonyi-Kwibuka32: Kwibuka imiryango yazimye ni ukuyisubiza agaciro cyane ko nta wundi bafite ubibakorera-Guverineri Kayitesi

Abasirikare 3 bo ku rwego rw’aba Jenerali bishwe na Covid-19 muri Sudan y’Epfo

Umwanditsi
March 3, 2021

Igisirikare cya Sudan y’Epfo catangaje urupfu rw’aba jenerari batatu bahitwanywe na Covid-19. Cyavuze ko abo batatu ari David Manyot Barach, Elijah Alier Ayom na Mabior Maket.

Imihango yo gushyingura aba ba Jenerari, izategurwa n’itsinda rizafatanya n’imiryango yabo nkuko bitangazwa n’igisirikare.

Umukuru w’ingabo Gen Johnson Juma Okot yahamagariye abasirikare bose kubahiriza ingamba zo kwirinda Covid-19, ku bw’umuvugizi wa gisirikare Brig Gen Santo Domic Chol.

Muri ibi byumweru bibiri bishize, abanyabwenge babiri bakomeye bo muri kaminuza ya Juba bahitanywe na Covid-19, bituma imibare y’abo imaze guhitana igera kuri 95.

Muri rusange, muri Sudan y’Epfo gushyika ubu harabarurwa abantu 8.144 bamaze kwandura iki cyorezo.

Mu kwezi gushize nkuko BBC ibitangaza, abantu 27 bakora mu biro by’umukuru w’igihugu Salva Kiir harimo n’abamucungira umutekano babasanzemo Covid-19.

Minisiteri y’Ubuzima hamwe n’ishami rya ONU ryita ku buzima (OMS/WHO), bavuga ko Sudan y’Epfo ihanganye n’ukwiyongera kw’abandura kubera ukutubahiriza ingamba zo kwirinda nko kutegerana cyane no kwambara agafukamunwa.

Munyaneza Theogene / intyoza.com

Share Article

Follow Me Written By

Umwanditsi

Shakisha
Izasomwe cyane
Kamonyi-Runda: Umugabo ukekwaho kwica umugore we amuteye icyuma yatawe muri yombi
Umwanditsi
November 27, 2024
Kamonyi-Musambira: Gitifu yakijijwe n’amaguru ahunga RIB agarurwa n’abaturage
Umwanditsi
October 15, 2024
Urutonde rw’abaperezida bayoboye u Rwanda kuva rwigenze
Umwanditsi
October 5, 2016
Ibyiciro

Amakuru

5985 Posts

Politiki

4232 Posts

Ubuhinzi

154 Posts

Ubukungu

1058 Posts

Imyidagaduro

88 Posts

Imikino

158 Posts
Facebook Pinterest Twitter Youtube
  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga

Intyoza.com itangaza amakuru yanyu mungingo zinyuranye z'ibibera ku isi no mukirere. Byaba ari ibyiza byubaka ndetse nibibi byo kwibazaho nko mu Bukungu, Politiki, Ikoranabuhanga, Umuco, Ubuzima, n'ibindi byinshi. Mutwandikire, mwinigure, mutugezeho ibitekerezo byanyu cyangwa izindi nkuru mwifuza kugeza kubandi.

© 2022, All Rights Reserved.

  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga