Kuri uyu wa 12 Ukwakira 2023, umunsi wa Gatatu w’urubanza ruregwamo Abanyarwanda babiri; Basabose Pierre na Twahirwa Séraphin bakurikiranyweho ibyaha bya Jenoside yakorewe Abatutsi mu Rwanda mu 1994, aho bari kuburanira mu rukiko rwa...
Read More
JENOSIDE: Kumenyana, Gukorera ibyaha hamwe kwa Basabose na Twahirwa byabaye imvano yo guhuriza hamwe Dosiye yabo
Kuri uyu wa 11 Ukwakira 2023 ari nawo munsi wa kabiri w’urubanza rw’Abanyarwanda babiri; Basabose Pierre na Séraphin Twahirwa bakurikiranyweho ibyaha bya Jenoside yakorewe Abatutsi, ubushinjacyaha bwasobanuye ibyaha bakurikiranyweho, aho bagiye babikorera, bumwe mu...
Read More
JENOSIDE: Urubanza ruregwamo Abanyarwanda babiri mu Bubiligi rwasubitswe rugitangira
Mu rukiko rwa Rubanda i Buruseli, kuri uyu wa mbere tariki ya 09 Ukwakira 2023 hasubitswe urubanza w’Abanyarwanda babiri; Basabose Pierre w’imyaka 76 y’amavuko hamwe na Twahirwa Séraphin w’imyaka 67 y’amavuko bakurikiranywe ho ibyaha...
Read More
Muhanga-Kibangu: RIB yasabye abaturage kubungabunga ibimenyetso by’uwahohotewe
Urwego rw’Igihugu rw’ubugenzacyaha-RIB, mu biganiro n’abaturage b’Umurenge wa Kibangu, Akagari Jurwe rwabakanguriye kumenya uburyo bwiza bwo kubungabunga ibimenyetso bw’uwakorewe ihohoterwa kugirango bizakoreshwe mu itangwa ry’ubutabera. Byagarutseho ubwo urwego rwari mu bukangurambaga bwo gusobanura serivisi...
Read More
Kamonyi-Buguri: Yishe umugorewe akoresheje isuka, ashatse kwikeba ingoto ngo apfe akunda ubuzima
Hari mu masaha ya mugitondo ahashyira ku i saa yine zo kuri uyu wa 18 Nzeri 2023 mu Mudugudu wa Nyakabande, Akagari ka Buguri, Umurenge wa Rukoma, Akarere ka Kamonyi ubwo Nshimiyimana Daniel w’imyaka...
Read More
Kamonyi: Yateruye umukobwa w’imyaka 17 amugira umugore, RIB ibagwa gitumo bagiye kwirega mu muryango
Sibomana Albert w’imyaka 20 y’amavuko, yaherekejwe n’umuryango we kujya kwirega iwabo w’umwana w’umukobwa yateruye( bya kinyarwanda), amugira umugore atagejeje imyaka y’ubukure, bakiri mu birori cyangwa imisango yo kwirega RIB ibata muri yombi. Uyu musore,...
Read More
Kamonyi-SACCO: Perezida n’Umucungamutungo (Manager) bafungiwe ubufatanyacyaha mu kunyereza umutungo
Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha-RIB Sitasiyo ya Musambira, Akarere ka Kamonyi ku wa 30 Kanama 2023 rwafunze uwitwa Sindikubwabo Jean Baptiste w’imyaka 46 y’amavuko akaba Perezida wa SACCO MBONEZISONGA MUSAMBIRA, hafungwa kandi Umucungamutungo(Manager) witwa Higiro Daniel...
Read More
Muhanga: Ndababonye yahamijwe icyaha cyo kwica abana 10 akatirwa gufungwa umwaka 1 n’ihazabu y’ibihumbi 500
Urukiko rw’Ibanze rwa Nyamabuye kuri uyu wa 16 Kanama 2023 rwasomye urubanza ruregwamo Ndababonye Jean Pierre. Yahamijwe icyaha cy’ubwicanyi budaturutse ku bushake bwo kwica abana 10 abataye muri Nyabarongo, ahanishwa gufungwa umwaka umwe (1)...
Read More
Muhanga: Ndababonye Jean Pierre ukurikiranyweho kuroha abana muri Nyabarongo yatangiye kuburanishwa
Urukiko rw’Ibanze rwa Nyamabuye kuri uyu wa 08 Kanama 2023 rwatangiye kuburanisha Ndababonye Jean Pierre bakunze kwita Nyakazehe. Akurikiranyweho icyaha cy’ubwicanyi budaturutse ku bushake cyo kwica abana 10 abataye muri Nyabarongo. Ni urubanza rubera...
Read More
Kamonyi-Gacurabwenge: Polisi yarashe umugabo wari ukurikiranyweho gutema umugore we
Umugabo Badege Eduwari wari ukurikiranyweho gutemagura umugore we, yarashwe na Polisi mu rukerera rw’uyu wa Kabiri Tariki 08 Kanama 2023 ubwo yari agiye kwerekana intwaro yakoresheje atema umugore we. Abaturage bavuga ko kuraswa k’uyu...
Read More