Amajyepfo: Polisi ivuga ko guca inzoga zitujuje ubuziranenge(Ibyuma), byagabanije ibyaha ku kigero kiri hejuru
Polisi y’u Rwanda ikorera mu Ntara y’Amajyepfo, ivuga ko ibikorwa byo...
Amajyepfo: Polisi yatahuye amayeri akoreshwa n’abahishe inzoga z’ibyuma
Umuvugizi wa Polisi y’u Rwanda mu Ntara y’Amajyepfo, CIP Hassan Kamanzi...
Kamonyi: Kumena inzoga (Ibyuma) z’Uruganda Ingufu Gin Ltd bizatwara asaga Miliyoni 30
Kugera ku mugoroba wo kuri uyu wa 25 Kanama 2026, Ibyumweru bibaye 2 ku ruganda...
Kamonyi-Kamuhanda: Site y’Inganda yitezweho kugaragaza Isura nziza y’Amarembo y’Akarere yatangiye gutunganywa
Dr Sylvere Nahayo, Umuyobozi w’Akarere ka Kamonyi avuga ko ahazwi nka Kamuhanda...
Kamonyi/CNF: Abagore barishimira uruhare rwabo mu gukura bagenzi babo mu murongo w’Ubukene
Mu nama rusange y’Inama y’Igihugu y’Abagore/CNF mu Karere ka Kamonyi yateranye...
Kamonyi-Bwirabo: Ruhurura yashyiraga ubuzima bw’abaturage mu kaga irimo kubakwa
Abaturage bo mu Mudugudu wa Bwirabo, Akagari ka Kabagesera, Umurenge wa Runda...
Kamonyi-Nyamiyaga: Umusore w’imyaka 21 y’amavuko yasanzwe amanitse mu giti cya Avoka
Mu gitondo cyo kuri iki cyumweru Tariki 16 Kanama 2026 ahagana ku i saa moya,...
Uzagaragara wese ko yagize uruhare muri ibi bintu nta kizatuma adakurikiranwa-Dr Murangira B. Thierry/RIB
Umuvugizi w’Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha/RIB, Dr Murangira B. Thierry...
Ibikorwa byo gushaka no gukura ku isoko izi nzoga z’ibyuma ntabwo bizahagarara-ACP Boniface Rutikanga
Umuvugizi wa Polisi y’u Rwanda, ACP Biniface Rutikanga aratanga ubutumwa kuri...
Ruhango: Abakomoka i Mbuye bahagurukiye guteza imbere aho bakomoka
Abakomoka mu Murenge wa Mbuye mu Karere ka Ruhango, baba mu Rwanda no mu...