• Kigali, Rwanda
  • 0788309922
Facebook Twitter Youtube

INTYOZA

  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga
  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga
Agezweho
30/10/25
Muhanga: Itsinda ry’abakekwaho ibikorwa by’Ubugizi bwa nabi batawe muri yombi
30/10/25
Kamonyi-Musambira/HC: Nyuma y’Amezi asaga 8 basa n’abakorera mu manegeka, mu Buhungiro bagarutse
30/10/25
Umunyamahirwe muri FORTEBET yatahanye asaga Miliyoni ku Ipari ebyiri zisa
30/10/25
Kamonyi-Rugalika: Ubufatanye bw’Ababyeyi n’Ubuyobozi bwa GS Ruramba, urugero rw’ibishoboka

Gasabo: Ijerekani y’Inkari z’umugore utwite ni imari ihenze

Umwanditsi
April 2, 2022

Hari urujijo ku mushinwa wadutse mu karere ka Gasabo, Umurenge wa Jabana, Jali-Gisozi, aho ashaka inkari z’abagore batwite. Ijerekani yuzuye izo inkari ayigura amafaranga y’u Rwanda ibihumbi 17. Ikibazo gikomereye benshi ni icyo izi nkari zikoreshwa.

Aya makuru yuko inkari z’abagore batwite yamenyekanye kuwa 31 Werurwe 2022, aho umunyamahanga uvugwa ko ari umushinwa akoresha Moto n’imodoka bakagenda bazenguruka mu ngo bashakisha abagore batwite kugira ngo babagurira inkari zabo.

Nkuko ikinyamakuru hanga dukesha iyi nkuru kibitangaza, abaganiriye nacyo bavuga ko bafite ubwoba. Umwe muri bo ati“ Tumaze hafi ukwezi mu ngo zacu haza abamotari batubaza ahari umugore utwite ngo bamugurire inkari habonetse imari ishyushye, none abamaze kuzigurisha bafite ubwoba ko byabakoraho cyangwa bikabagiraho ingaruka”.

Amakuru kuri iri gurwa ry’inkari z’abagore batwite ndetse n’aba bazenguruka mu baturage bazishaka ntabwo hanga irabasha kukona abavugwa ngo bagire icyo batangaza, ubuyobozi nabwo bigaragara ko nta cyo bushaka kubitangazaho, ntawe uzi niba babikorera ubwende cyangwa se ari amakuru badafite neza.

Mudaherenwa Regis, Umuyobozi w’Akarere ka Gasabo w’ungirije (DDEA) yabwiye Hanga ko iby’iki kibazo byabazwa aba bagore bazigurisha cyangwa abagabo babo, ati:” Mubibaze abo bagore cyangwa abo bashakanye”.

intyoza

Yasuwe inshuro: 0

Share Article

Follow Me Written By

Umwanditsi

One Comment

  1. Kamikazi Aline says:
    April 3, 2022 at 11:53 am

    Kuki mutabibaza Donah ushinzwe kubaha amafaranga? kuvuga ngo mwabuze amakuru yuzuye murabeshya kuko Donah azana igikapu cyuzuye amafaranga agenda yishyura aho bakuye inkari ubwo yabura amakuru yuzuye ate? number ye ni 0789136302.

Comments are closed.

Shakisha
Izasomwe cyane
Kamonyi-Runda: Umugabo ukekwaho kwica umugore we amuteye icyuma yatawe muri yombi
Umwanditsi
November 27, 2024
Kamonyi-Musambira: Gitifu yakijijwe n’amaguru ahunga RIB agarurwa n’abaturage
Umwanditsi
October 15, 2024
Urutonde rw’abaperezida bayoboye u Rwanda kuva rwigenze
Umwanditsi
October 5, 2016
Ibyiciro

Amakuru

5901 Posts

Politiki

4152 Posts

Ubuhinzi

150 Posts

Ubukungu

1025 Posts

Imyidagaduro

85 Posts

Imikino

151 Posts
Facebook Pinterest Twitter Youtube
  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga

Intyoza.com itangaza amakuru yanyu mungingo zinyuranye z'ibibera ku isi no mukirere. Byaba ari ibyiza byubaka ndetse nibibi byo kwibazaho nko mu Bukungu, Politiki, Ikoranabuhanga, Umuco, Ubuzima, n'ibindi byinshi. Mutwandikire, mwinigure, mutugezeho ibitekerezo byanyu cyangwa izindi nkuru mwifuza kugeza kubandi.

© 2022, All Rights Reserved.

  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga