Gusaba, Kwiyakira mu bukwe n’imikino y’amahirwe byakomorewe

Itangazo ry’ibyemezo by’inama y’Abaminisitiri risohotse mu ijoro ryo kuri uyu wa 31 Gicurasi 2021, inama yabereye muri Village Urugwiro ikayoborwa na Perezida Kagame Paul, yemeje ko Ubukwe ndetse n’ibijyanye no kwiyakira bikomorewe ariko hari aho bisaba kutarenza 30% by’imyanya isanzwe. Hanakomorewe kandi ibijyanye n’imikino y’amahirwe cyangwa se urusimbi.

Soma hano mu buryo burambuye byinshi kuri ibi byemezo n’ibindi iyi nama yashyize ku mugaragaro;


Munyaneza Theogene / intyoza.com

Umwanditsi

Learn More →