• Kigali, Rwanda
  • 0788309922
Facebook Twitter Youtube

INTYOZA

  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga
  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga
Agezweho
16/09/25
Umwami w’ibikubo byo ku Bitego atahanye 1,175,360Rwf yashyizeho 10,000 mu isaha imwe gusa
16/09/25
Polisi y’u Rwanda yamaze guta muri yombi abantu bose bagaragaye batemagura umuntu ku muhanda
16/09/25
Umwe muri 3 bagaragaye batemagura umuntu ku muhanda yatawe muri yombi
16/09/25
Kamonyi-Nyamiyaga: Ukekwaho gusambanya umwana wa 17 agahunga yatawe muri yombi

Igisubizo mu buhinzi mu Rwanda kiri munzira yo kuboneka

Editor
September 21, 2015
Ifoto intyoza.com

Mugihe mu Rwanda abahinzi bamaze igihe kitari gito bataka kubibazo bitandukanye bahura nabyo mu mwuga wabo w’ubuhinzi igisubizo mu bibazo byari bibugarije kiri mu nzira yo kubonerwa umuti.

mu nama yahuje ihuriro ry’imiryango nyarwanda idashamikiye kuri leta ikora muby’ubuhinzi taliki ya 19 Nzeli 2015 , iyi miryango hamwe n’abahinzi bayihagarariye batururse mu turere dutandukanye bize ku bibazo bitandukanye ubuhinzi mu rwanda buhura nabyo.

mu gushaka ibisubizo bitandukanye abahinzi bahura nabyo mu mwuga wabo hano mu Rwanda , iri huriro ry’abahinzi bahagarariye abandi ngo rizita cyane kubibazo bitandukanye biri mu buhinzi hamwe no kugirana inama no guhana amakuru .Ifoto intyoza.com

abarigize ihuriro ngo ntabwo rije gusimbura gahunda zindi za leta ziri muri minisiteri ifite ubuhinzi munshingano zayo ngo ahubwo rije kunganira no gufatanya n’izindi nzego gushaka umuti w’ibibazo biboneka mubuhinzi.

bimwe mu bibazo bigaragara kandi byavuzwe ho harimo , ibijyanye n’imihingire n’imikoreshereze y’ubutaka mu Rwanda , ikibazo cy’umusaruro bikunze kuvugwa ko uburirwa isoko , ikibazo cy’ifumbire ikoreshwa nabi , guhanahana amakuru.

iri huriro rigaragaza ko umusaruro utaraba mwinshi mu Rwanda ngo ahubwo ikibazo ni ukutamenya amakuru y’aho umuhinzi ajyana umusaruro yejeje , aribyo  biba ingaruka yo kwibwira ko nta soko rihari.

ibibazo biri mubuhinzi ni byinshi ngo kubikemura ni ukubyicarira , gusa byinshi usanga bigaragarira amaso , harimo icy’abamamyi usanga bihererana abahinzi bakabahenda , kumenya ikigero cy’ifumbire umuhinzi akoresha kubutaka afite , kumenya amakuru yaho agurisha umusaruro n’ibindi.

uru rugaga kandi ruvuga ko abahinzi bo mu Rwanda bagomba gukora cyane bagashyiramo ingufu ntihagire ubutaka bupfa ubusa bityo bagahangana n’abandi bo muri kano karere ( East African community ).

ubushakashatsi mu buhinzi buri mu byihutirwa , hagamijwe kumenya ubutaka buhari n’uburyo bwo kububyaza umusaruro, ibihingwa biberanye nabwo , ifumbire ikenewe , imiti y’imyaka ariko byose hagendewe ku karere ubutaka buri  mo.

Share Article

Follow Me Written By

Editor

Shakisha
Izasomwe cyane
Kamonyi-Runda: Umugabo ukekwaho kwica umugore we amuteye icyuma yatawe muri yombi
Umwanditsi
November 27, 2024
Kamonyi-Musambira: Gitifu yakijijwe n’amaguru ahunga RIB agarurwa n’abaturage
Umwanditsi
October 15, 2024
Urutonde rw’abaperezida bayoboye u Rwanda kuva rwigenze
Umwanditsi
October 5, 2016
Ibyiciro

Amakuru

5864 Posts

Politiki

4115 Posts

Ubuhinzi

147 Posts

Ubukungu

1009 Posts

Imyidagaduro

83 Posts

Imikino

143 Posts
Facebook Pinterest Twitter Youtube
  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga

Intyoza.com itangaza amakuru yanyu mungingo zinyuranye z'ibibera ku isi no mukirere. Byaba ari ibyiza byubaka ndetse nibibi byo kwibazaho nko mu Bukungu, Politiki, Ikoranabuhanga, Umuco, Ubuzima, n'ibindi byinshi. Mutwandikire, mwinigure, mutugezeho ibitekerezo byanyu cyangwa izindi nkuru mwifuza kugeza kubandi.

© 2022, All Rights Reserved.

  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga