• Kigali, Rwanda
  • 0788309922
Facebook Twitter Youtube

INTYOZA

  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga
  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga
Agezweho
17/05/26
Nyarubaka-Kwibuka32: Abantu nka Mukangango nti bazongera kubona umwanya n’ijambo muri iki gihugu cyacu-Visi Meya Uzziel
17/05/26
Kamonyi-EP Gishari: Abagize urwego rwa DASSO baremeye abana 10 bari barataye ishuri(Drop-Out)
17/05/26
Ngamba-Kwibuka32: Abarokotse Jenoside yakorewe Abatutsi barashima ko gusaba kwabo kumviswe nyuma y’imyaka 32
17/05/26
Kamonyi-Kwibuka32: Urugaga rw’Abikorera/PSF rwiyemeje kubakira abarokotse Jenoside batishoboye, inzu 4

Imihigo : Bamwe besheje imihigo abandi irabesa

Editor
September 6, 2015
IfotoPerezida Paul Kagame hamwe n'Aba Meya bahize abandi

Ifoto Meya w'Akarere ka Huye ahabwa igihembo cyo kwesa ImihigoMu imurikwa ry’imihigo y’umwaka ushize wa 2014- 2015 no guhiga indi y’umwaka 2015–2016  imbere ya perezida wa Repuburika y’u Rwanda Paul Kagame , uturere tumwe twishimiye kugira imyanya myiza utundi duterwa isoni no kuza mu myanya y’inyuma ugereranije n’aho twari mu mihigo y’umwaka wa 2013-2014.

Nkuko mu ishuri haba uwambere n’uwanyuma ni nako mu umuhango wo kumurika imihigo akarere kabaye akambere ari aka Huye ko mu Intara y’amajyepfo gahize utundi n’amanota 83% mugihe Akarere kaherekeje utundi ari Akarere ka Gakenke ko mu Intara y’amajyaruguru kakaba karagize amanota 70.2%.

Twibutse ko mu imurikwa ry’imihigo y’umwaka wa 2013-2014 Akarere ka Huye kari kaje k’umwanya wa gatatu mu uturere twose uko ari 30 , ubu kakaba karakoze cyane nkuko bigaragazwa n’umwanya wambere kabonye muri uyu mwaka w’imihigo wa 2014-2015.

Muri uyu muhango wo kumurika uko imihigo yeshejwe umwaka 2014-2015 hanasinywa imihigo y’umwaka wa 2015-2016 Minisitiri w’Intebe Murekezi Anastase, yavuze ko ugereranije n’umwaka w’imihigo wabanje ubu ikigero cy’amanota cyazamutse aho cyavuye ku amanota 64.9%muri rusangebikagera ku amanota 73,5% mu mwaka w’imihigo wa 2014/2015.

[table id=2 /]

Ubwanditsi Intyoza

Share Article

Follow Me Written By

Editor

Shakisha
Izasomwe cyane
Kamonyi-Runda: Umugabo ukekwaho kwica umugore we amuteye icyuma yatawe muri yombi
Umwanditsi
November 27, 2024
Kamonyi-Musambira: Gitifu yakijijwe n’amaguru ahunga RIB agarurwa n’abaturage
Umwanditsi
October 15, 2024
Urutonde rw’abaperezida bayoboye u Rwanda kuva rwigenze
Umwanditsi
October 5, 2016
Ibyiciro

Amakuru

5964 Posts

Politiki

4212 Posts

Ubuhinzi

152 Posts

Ubukungu

1051 Posts

Imyidagaduro

88 Posts

Imikino

158 Posts
Facebook Pinterest Twitter Youtube
  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga

Intyoza.com itangaza amakuru yanyu mungingo zinyuranye z'ibibera ku isi no mukirere. Byaba ari ibyiza byubaka ndetse nibibi byo kwibazaho nko mu Bukungu, Politiki, Ikoranabuhanga, Umuco, Ubuzima, n'ibindi byinshi. Mutwandikire, mwinigure, mutugezeho ibitekerezo byanyu cyangwa izindi nkuru mwifuza kugeza kubandi.

© 2022, All Rights Reserved.

  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga