• Kigali, Rwanda
  • 0788309922
Facebook Twitter Youtube

INTYOZA

  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga
  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga
Agezweho
03/11/25
Ipari yakoze ku bikubo ku mukino wose ndetse n’Ibitego byamuhesheje akayabo ka 1,531,607Frws
03/11/25
Kamonyi-Gacurabwenge: Polisi yataye muri yombi Itsinda ry’Abantu 5 barimo Umugore bakekwaho ubugizi bwa nabi
03/11/25
Kamonyi-GS Ruramba:“ Ishuri ryanjye, Urukwavu rwanjye”, Umushinga wo gukundisha abana Ishuri
03/11/25
Muhanga: Itsinda ry’abakekwaho ibikorwa by’Ubugizi bwa nabi batawe muri yombi

Imirwano hagati y’amoko muri Sudani y’Epfo yaguyemo abantu 36

Umwanditsi
June 7, 2021

Muri Sudani, imirwano y’amoko yahitanye abantu 36 mu ntara ya Darfur, iri mu burengerazuba bw’igihugu. Imirwano yabaye muri wikendi ishize hagati y’Abarabu bo mu bwoko bwa Taaisha n’Abirabura bo mu bwoko bwa Falata, bapfa ubutaka. Nk’uko ikigo ntaramakuru Suna cya leta ya Sudani kibitangaza, abantu 36 barishwe, abandi 32 barakomereka ku mpande zombi.

Leta yoherejeyo abasilikali b’inyongera. Kuri uyu munsi, yasohoye itangazo rivuga ko babashije guhagarika imirwano no gutandukanya impande zombi zarwanaga.

Si ubwa mbere imirwano hagati y’amoko y’Abarabu n’Abirabura ibaye muri Darfur. Nko mu kwezi kwa mbere gushize, Umuryango w’Abibumbye watangaje ko bene iyo mirwano yahitanye abantu 200, ikomeretsa n’abandi 240. Yirukanye kandi mu byabo abaturage ibihumbi 116 barahunga.

Kuva mu 2003 nkuko VOA ibitangza, Darfur iri mu ntambara yatumye urukiko mpuzamahanga mpanabyaha ruhoraho, CPI, rurega uwari perezida wa Sudani, Omar al-Bashir, jenoside, ibyaha by’intambara, n’ibyaha byibasiye inyokomuntu.

Munyaneza Theogene / intyoza.com

Yasuwe inshuro: 0

Share Article

Follow Me Written By

Umwanditsi

Shakisha
Izasomwe cyane
Kamonyi-Runda: Umugabo ukekwaho kwica umugore we amuteye icyuma yatawe muri yombi
Umwanditsi
November 27, 2024
Kamonyi-Musambira: Gitifu yakijijwe n’amaguru ahunga RIB agarurwa n’abaturage
Umwanditsi
October 15, 2024
Urutonde rw’abaperezida bayoboye u Rwanda kuva rwigenze
Umwanditsi
October 5, 2016
Ibyiciro

Amakuru

5904 Posts

Politiki

4155 Posts

Ubuhinzi

150 Posts

Ubukungu

1027 Posts

Imyidagaduro

85 Posts

Imikino

152 Posts
Facebook Pinterest Twitter Youtube
  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga

Intyoza.com itangaza amakuru yanyu mungingo zinyuranye z'ibibera ku isi no mukirere. Byaba ari ibyiza byubaka ndetse nibibi byo kwibazaho nko mu Bukungu, Politiki, Ikoranabuhanga, Umuco, Ubuzima, n'ibindi byinshi. Mutwandikire, mwinigure, mutugezeho ibitekerezo byanyu cyangwa izindi nkuru mwifuza kugeza kubandi.

© 2022, All Rights Reserved.

  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga