Itangazo: Ntucikwe n’irushanwa rya NEMI aho buri cyumweru utsindira ibihumbi ijana kubera Bibiliya

Abinyujije muri Minisiteri ye y’ivugabutumwa yise NIBINTIJE EVANGELICAL MINISTRIES INTERNATIONAL ifite icyicaro muri Leta zunze ubumwe za Amerika-USA, NIBINTIJE Eustache yateguye inyigisho zifite urufatiro kuri Bibiliya. Muri izi nyigisho hari ibibazo ushobora gusubiza bikaguhesha amafaranga angana n’ibihumbi ijana(100,000Frws) ya buri cyumweru-week end. Ntucikwe n’aya mahirwe y’imboneka rimwe.

Dore ibisabwa kugira ngo ubashe kwemererwa muri iyo gahunda yo gutsindira ibihumbi ijana( 100,000frw):

Ibisabwa:

•Kuba muri umuryango wa bugufi ( ababyeyi bawe, abana bawe, abo muvukana, ababishywa bawe. Nawe urabyumva ni umuryango wabugufi. Ntabwo ari inshuti zawe). Batari hasi ya 4, ariko hari impamvu yumvikana ituma abo bantu 4 baboneka nta kibazo.

• Kuba muri ayo mafaranga agomba gutanga umusanzu uzafasha abandi ungana na 1/10(icyacumi.)

•Kubanza gukora registration(kwiyandikisha) k’uwo muryango wabo, ingana n’ amadorari $15

•Kuba umaze gutsindira ayo mafaranga inshuro 3 kuyindi nshuro ya 4 mushobora kurushanwa amafaranga akagenerwa amafamily(imiryango)runaka afite ibibazo bijyanye na mituweli mu tugari twacu .

• Kuba uri mu cyiro cyanyuma muri mituweli bikaba ari akarusho.

P.s  Iyi minisitere yafunguwe byemewe n’ amategeko hano muri Amerika ariko ikaba yarashinzwe bitewe n’icyo Imana yavuganye nanjye mu myaka 20 ishize impaye kuyimenya no kuyikorera kubijyanye n’umurimo yampaye kandi ntabwo yambwiye ko ngomba kuwukorera ahandi atari mu gihugu cyanjye.

Bityo nindangiza kwiga nzaza kuwandikisha mu gihugu cyanjye.

Uyu muryango ntabwo ari idini cyangwa itorero kandi ntabwo uzaba idini cyangwa Itorero. Gusa uzajya ukorana n ‘ amatorero abishaka:

•Gutanga seminar y’ ibyiciro bitandukanye

•Training ku bayobozi b’ amatorero, amatsinda atandukanye aba mu Itorero

• Abanyamasengesho

• Abashakanye

• Urubyiruko

• Nizindi nyigisho zimbitse cyane kuri topic(ingingo) iyo ariyo yose bifuje

• Gufasha abantu (Counseling) no kubafasha mu masengesho yabo.

Murakoze..!

Rev./Ev. Eustache Nibintije

Nshuti dusangiye Yesu Christo nk’Umwami n’umucunguzi wacu, ubu butumwa ushobora kubusangiza abavandimwe n’inshuti zawe bityo aya mahirwe nabo bakayagira ayabo.

Ubu butumwa si umwihariko wa intyoza.com! ni inyigisho zikomoka mu ijambo ry’Imana utegurirwa ukanagezwaho na Rev./Ev. Eustache Nibintije, umunyeshuri wa Patriots Bible University yo muri Leta zunze ubumwe za America, abinyujije muri NIBINTIJE EVANGELICAL MINISTRIES INTERNATIONAL

Tel/Whatsapp: +14123265034(WhatApp) 

Email: eustachenib@yahoo.

Umwanditsi

Learn More →