Kabgayi: Ahazubakwa Materinite hamaze kuboneka imibiri icumi

Hamaze iminsi hacicikana amakuru y’uko ahari gusizwa ikibanza cy’ahagiye kubakwa inzu y’ababyeyi( Maternite) haba hari imibiri bikekwa ko ari iy’abatutsi bishwe mu gihe cya Jenoside yakorewe Abatutsi. Kuva mu gitondo cyo kuri iki cyumweru tariki 02 Gicurasi 2021, aho bari gusiza hamaze kuboneka imibiri 10. Gushakisha iyi mibiri birakomeje.

Iyi mibiri irimo gushakishwa, hari abahamya ko ari iy’abatutsi bari bahungiye aha i Kabgayi mu gihe cya Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994. Imibiri imaze kuboneka yakuwe mu cyobo kimwe.

Inkuru irambuye mukanya

Akimana Jean de Dieu

Umwanditsi

Learn More →