• Kigali, Rwanda
  • 0788309922
Facebook Twitter Youtube

INTYOZA

  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga
  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga
Agezweho
27/10/25
Kamonyi-Rugalika: Ubufatanye bw’Ababyeyi n’Ubuyobozi bwa GS Ruramba, urugero rw’ibishoboka
27/10/25
Nyamagabe: Kuhira imyaka ntibisaba gusa imashini, n’atemba ku musozi aruhira-Min. Dr Bagabe Mark Cyubahiro
27/10/25
Kamonyi: Nk’Abayobozi, dukore baturebereho kuruta kuvuga ibyo tudakora- Guverineri Alice Kayitesi
27/10/25
Dr Sosthène Munyemana ukurikiranyweho ibyaha bya Jenoside yasabiwe gufungwa burundu

Kamonyi-Gacurabwenge: Amwe mu mafoto yihariye yaranze igikorwa cyo Kwibuka Jenoside yakorewe Abatutsi(amafoto)

Umwanditsi
May 16, 2022

Abarokotse Jenoside yakorewe Abatutsi mu Rwanda by’umwihariko mu Murenge wa Gacurabwenge, Akarere ka Kamonyi ho mu Ntara y’Amajyepfo, Abaturage bahaba n’ababa hanze y’uyu Murenge, Abayobozi batandukanye, inshuti n’abavandimwe baje kwifatanya Kwibuka Jenoside yakorewe Abatutsi muri uyu Murenge. Bibukiye ku rwibutso rw’Akarere ruri ahazwi nko Mukibuza, bunamira ndetse bashyira indabo muri uru rwibutso ruruhukiyemo imibiri 47,579 y’Abatutsi bishwe urw’agashinyaguro muri Jenoside.

Amafoto yafashwe n’umunyamakuru wa intyoza.com;

Dr. Nteziryayo Faustin, Perezida w’Urukiko rw’Ikirenga wari n’umushyitsi mukuru.
Kayitesi Alice, Guverineri w’Intara y’Amajyepfo.
Perezida wa Ibuka ku rwego rw’Igihugu.
Depite Kamanzi Erineste watanze ikiganiro ku mateka.
Dr. Nahayo Sylvere, Mayor wa Kamonyi.
Ubwo bafataga umunota wo Kwibuka.

Mme Assoumpta watanze ubuhamya.
Pasiteri Jerome / EPR Kamonyi.

Abayobozi batandukanye berekeza ahashyinguwe mu cyubahiro imibiri 2 yabonetse, kunamira no gushyira indabo aharuhukiye 47,499 bishwe.

Perezida w’Urukiko rw’Ikirenga yunamira ndetse agashyira indabo ahashyinguye mu cyubahiro Abatutsi 47,499.
Minisitiri wa Siporo, Aurore Mimosa Munyangaju.
Guverineri Kayitesi Alice n’Umugabo we.
Intumwa za rubanda zari zifatanije n’Abanyagacurabwenge.
Dr. Nahayo Sylvere, mayor wa Kamonyi.
Perezida wa Ibuka.

Perezida w’Urukiko rw’Ikirenga yandika mu Gitabo cy’Abashyitsi.

Perezida wa Ibuka ku rwego rw’Igihugu aganira na Perezida wa Ibuka ku rwego rw’Akarere ka Kamonyi.

Munyaneza Theogene

Yasuwe inshuro: 0

Share Article

Follow Me Written By

Umwanditsi

Shakisha
Izasomwe cyane
Kamonyi-Runda: Umugabo ukekwaho kwica umugore we amuteye icyuma yatawe muri yombi
Umwanditsi
November 27, 2024
Kamonyi-Musambira: Gitifu yakijijwe n’amaguru ahunga RIB agarurwa n’abaturage
Umwanditsi
October 15, 2024
Urutonde rw’abaperezida bayoboye u Rwanda kuva rwigenze
Umwanditsi
October 5, 2016
Ibyiciro

Amakuru

5898 Posts

Politiki

4149 Posts

Ubuhinzi

150 Posts

Ubukungu

1023 Posts

Imyidagaduro

85 Posts

Imikino

150 Posts
Facebook Pinterest Twitter Youtube
  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga

Intyoza.com itangaza amakuru yanyu mungingo zinyuranye z'ibibera ku isi no mukirere. Byaba ari ibyiza byubaka ndetse nibibi byo kwibazaho nko mu Bukungu, Politiki, Ikoranabuhanga, Umuco, Ubuzima, n'ibindi byinshi. Mutwandikire, mwinigure, mutugezeho ibitekerezo byanyu cyangwa izindi nkuru mwifuza kugeza kubandi.

© 2022, All Rights Reserved.

  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga