Kamonyi-Gacurabwenge: Amwe mu mafoto yihariye yaranze igikorwa cyo Kwibuka Jenoside yakorewe Abatutsi(amafoto)

Abarokotse Jenoside yakorewe Abatutsi mu Rwanda by’umwihariko mu Murenge wa Gacurabwenge, Akarere ka Kamonyi ho mu Ntara y’Amajyepfo, Abaturage bahaba n’ababa hanze y’uyu Murenge, Abayobozi batandukanye, inshuti n’abavandimwe baje kwifatanya Kwibuka Jenoside yakorewe Abatutsi muri uyu Murenge. Bibukiye ku rwibutso rw’Akarere ruri ahazwi nko Mukibuza, bunamira ndetse bashyira indabo muri uru rwibutso ruruhukiyemo imibiri 47,579 y’Abatutsi bishwe urw’agashinyaguro muri Jenoside.

Amafoto yafashwe n’umunyamakuru wa intyoza.com;

Dr. Nteziryayo Faustin, Perezida w’Urukiko rw’Ikirenga wari n’umushyitsi mukuru.
Kayitesi Alice, Guverineri w’Intara y’Amajyepfo.
Perezida wa Ibuka ku rwego rw’Igihugu.
Depite Kamanzi Erineste watanze ikiganiro ku mateka.
Dr. Nahayo Sylvere, Mayor wa Kamonyi.
Ubwo bafataga umunota wo Kwibuka.

Mme Assoumpta watanze ubuhamya.
Pasiteri Jerome / EPR Kamonyi.

Abayobozi batandukanye berekeza ahashyinguwe mu cyubahiro imibiri 2 yabonetse, kunamira no gushyira indabo aharuhukiye 47,499 bishwe.

Perezida w’Urukiko rw’Ikirenga yunamira ndetse agashyira indabo ahashyinguye mu cyubahiro Abatutsi 47,499.
Minisitiri wa Siporo, Aurore Mimosa Munyangaju.
Guverineri Kayitesi Alice n’Umugabo we.
Intumwa za rubanda zari zifatanije n’Abanyagacurabwenge.
Dr. Nahayo Sylvere, mayor wa Kamonyi.
Perezida wa Ibuka.

Perezida w’Urukiko rw’Ikirenga yandika mu Gitabo cy’Abashyitsi.

Perezida wa Ibuka ku rwego rw’Igihugu aganira na Perezida wa Ibuka ku rwego rw’Akarere ka Kamonyi.

Munyaneza Theogene

Umwanditsi

Learn More →