• Kigali, Rwanda
  • 0788309922
Facebook Twitter Youtube

INTYOZA

  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga
  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga
Agezweho
03/11/25
Kamonyi-Gacurabwenge: Polisi yataye muri yombi Itsinda ry’Abantu 5 barimo Umugore bakekwaho ubugizi bwa nabi
03/11/25
Kamonyi-GS Ruramba:“ Ishuri ryanjye, Urukwavu rwanjye”, Umushinga wo gukundisha abana Ishuri
03/11/25
Muhanga: Itsinda ry’abakekwaho ibikorwa by’Ubugizi bwa nabi batawe muri yombi
03/11/25
Kamonyi-Musambira/HC: Nyuma y’Amezi asaga 8 basa n’abakorera mu manegeka, mu Buhungiro bagarutse

Kamonyi-Kayumbu: Hagenimana Eric, yemereye ubuyobozi ibitari byiza yakoreye umukobwa we

Umwanditsi
June 30, 2022

Hagenimana Eric ni“ Se” wa Nishimwe Jeanne w’imyaka 20 y’amavuko, ufite uruhinja rw’amezi 2, aho bose batuye mu Mudugudu wa Nyarugenge, Akagari ka Busoro, Umurenge wa Kayumbu. Uyu mukobwa, ashinja “Se” ku mukubita no kumuburabuza. Imbere y’Ubuyobozi bw’Umurenge, Hagenimana yemeye mu nyandiko ndetse arasinya, ibyo yishinja bitari bike yakoreye umukobwa we akarinda aterwa inda, na nyuma abyaye agakomeza kumukorera bibi birimo kumukubita. “Yasabye imbabazi”, avuga ko abyihannye.

Ari imbere y’Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’Umurenge wa Kayumbu n’abandi bayobozi, Hagenimana Eric yemeye ndetse asaba imbabazi z’ibikorwa bibi birimo ibibabaza umubiri yakoreye uyu mukobwa we igihe kirekire.

Mu byo yemeye ndetse akabisabira imbabazi harimo; Kutamwitaho, kumwima uburenganzira bwo kubaho neza nk’abandi bana, Kutamujyana mu ishuri, kutamuha ibimufasha mu buzima bwe, ku muraza hanze, ku mukubita, ku mukoresha imirimo ivunanye n’ibindi.

Dore mu rwandiko ibyo Hagenimana Eric yiyemereye akanasinyira kutazongera;

Kanda hano usome inkuru yabanje, wumve icyo Nishimwe yavuze ubwo yahuraga n’umunyamakuru wa intyoza, aho bahuriye n’aho yerekezaga, wumve kandi icyo Gitifu w’Umurenge, Niyobuhungiro Obed yavugaga kuri iki kibazo;Kamonyi-Kayumbu: Nishimwe Jeanne n’uruhinja rwe abayeho akubitwa, aburabuzwa na Se wamubyaye

intyoza

Yasuwe inshuro: 0

Share Article

Follow Me Written By

Umwanditsi

Shakisha
Izasomwe cyane
Kamonyi-Runda: Umugabo ukekwaho kwica umugore we amuteye icyuma yatawe muri yombi
Umwanditsi
November 27, 2024
Kamonyi-Musambira: Gitifu yakijijwe n’amaguru ahunga RIB agarurwa n’abaturage
Umwanditsi
October 15, 2024
Urutonde rw’abaperezida bayoboye u Rwanda kuva rwigenze
Umwanditsi
October 5, 2016
Ibyiciro

Amakuru

5903 Posts

Politiki

4154 Posts

Ubuhinzi

150 Posts

Ubukungu

1026 Posts

Imyidagaduro

85 Posts

Imikino

151 Posts
Facebook Pinterest Twitter Youtube
  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga

Intyoza.com itangaza amakuru yanyu mungingo zinyuranye z'ibibera ku isi no mukirere. Byaba ari ibyiza byubaka ndetse nibibi byo kwibazaho nko mu Bukungu, Politiki, Ikoranabuhanga, Umuco, Ubuzima, n'ibindi byinshi. Mutwandikire, mwinigure, mutugezeho ibitekerezo byanyu cyangwa izindi nkuru mwifuza kugeza kubandi.

© 2022, All Rights Reserved.

  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga