• Kigali, Rwanda
  • 0788309922
Facebook Twitter Youtube

INTYOZA

  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga
  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga
Agezweho
18/09/25
Gisagara: Polisi yashimiye Clubs zishinzwe gukumira ibyaha mu mashuri(anti-Crime Clubs in school)
18/09/25
Kamonyi-Ngamba: Amakuru intyoza.com yamenye ni uko Polisi yarashe Amabandi atatu yasanze arimo gutema no kwambura Abaturage
18/09/25
Ku biceri 200 gusa, Umunyamahirwe muri FORTEBET yatsindiye 1,296,945RWF
18/09/25
Kamonyi-Kayenzi: Barishyuye, Imyaka irasaga 5 batazi ikitambitse urugendo rujya ku Mulindi w’Intwari

Kamonyi-Kayumbu: Hagenimana Eric, yemereye ubuyobozi ibitari byiza yakoreye umukobwa we

Umwanditsi
June 30, 2022

Hagenimana Eric ni“ Se” wa Nishimwe Jeanne w’imyaka 20 y’amavuko, ufite uruhinja rw’amezi 2, aho bose batuye mu Mudugudu wa Nyarugenge, Akagari ka Busoro, Umurenge wa Kayumbu. Uyu mukobwa, ashinja “Se” ku mukubita no kumuburabuza. Imbere y’Ubuyobozi bw’Umurenge, Hagenimana yemeye mu nyandiko ndetse arasinya, ibyo yishinja bitari bike yakoreye umukobwa we akarinda aterwa inda, na nyuma abyaye agakomeza kumukorera bibi birimo kumukubita. “Yasabye imbabazi”, avuga ko abyihannye.

Ari imbere y’Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’Umurenge wa Kayumbu n’abandi bayobozi, Hagenimana Eric yemeye ndetse asaba imbabazi z’ibikorwa bibi birimo ibibabaza umubiri yakoreye uyu mukobwa we igihe kirekire.

Mu byo yemeye ndetse akabisabira imbabazi harimo; Kutamwitaho, kumwima uburenganzira bwo kubaho neza nk’abandi bana, Kutamujyana mu ishuri, kutamuha ibimufasha mu buzima bwe, ku muraza hanze, ku mukubita, ku mukoresha imirimo ivunanye n’ibindi.

Dore mu rwandiko ibyo Hagenimana Eric yiyemereye akanasinyira kutazongera;

Kanda hano usome inkuru yabanje, wumve icyo Nishimwe yavuze ubwo yahuraga n’umunyamakuru wa intyoza, aho bahuriye n’aho yerekezaga, wumve kandi icyo Gitifu w’Umurenge, Niyobuhungiro Obed yavugaga kuri iki kibazo;Kamonyi-Kayumbu: Nishimwe Jeanne n’uruhinja rwe abayeho akubitwa, aburabuzwa na Se wamubyaye

intyoza

Share Article

Follow Me Written By

Umwanditsi

Shakisha
Izasomwe cyane
Kamonyi-Runda: Umugabo ukekwaho kwica umugore we amuteye icyuma yatawe muri yombi
Umwanditsi
November 27, 2024
Kamonyi-Musambira: Gitifu yakijijwe n’amaguru ahunga RIB agarurwa n’abaturage
Umwanditsi
October 15, 2024
Urutonde rw’abaperezida bayoboye u Rwanda kuva rwigenze
Umwanditsi
October 5, 2016
Ibyiciro

Amakuru

5869 Posts

Politiki

4120 Posts

Ubuhinzi

147 Posts

Ubukungu

1011 Posts

Imyidagaduro

83 Posts

Imikino

144 Posts
Facebook Pinterest Twitter Youtube
  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga

Intyoza.com itangaza amakuru yanyu mungingo zinyuranye z'ibibera ku isi no mukirere. Byaba ari ibyiza byubaka ndetse nibibi byo kwibazaho nko mu Bukungu, Politiki, Ikoranabuhanga, Umuco, Ubuzima, n'ibindi byinshi. Mutwandikire, mwinigure, mutugezeho ibitekerezo byanyu cyangwa izindi nkuru mwifuza kugeza kubandi.

© 2022, All Rights Reserved.

  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga