• Kigali, Rwanda
  • 0788309922
Facebook Twitter Youtube

INTYOZA

  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga
  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga
Agezweho
20/03/26
Kamonyi: Meya Dr Sylvere Nahayo, ahaye komite nshya ya PSF umukoro
20/03/26
Minisitiri Uwimana Consolée, ati“ Akarere ka Kamonyi gashobora kuba karatekereje ko kageze iyo kajyaga”
20/03/26
Kamonyi: Ntabwo tuje kuba abayobozi ba PSF, tuje kuba abakozi banyu-Ntiyamira Felix( aka Yadema)/PSF
20/03/26
Rugalika-Umunsi w’Umugore: Gifts Rwanda yaremeye Abagore iboroza Ihene

Kamonyi-Mugina: DASSO wakekwagaho kurya Mituweli z’Abaturage yatorotse ibitaro

Umwanditsi
July 20, 2022

Mbarushimana Fideli, DASSO wo mu kagari ka Mugina, Umurenge wa Mugina ho mu karere ka Kamonyi wakekwagaho kurya amafaranga asaga ibihumbi magana abiri(200,000Fr) bya Mituweli z’Abaturage, yatorotse ibitaro mu gitondo cyo kuri uyu wa 20 Kamena 2022. Gitifu w’uyu Murenge, Ndayisaba Jean Pierre Egide avuga ko atari mu maboko y’inzego nkuko yari yabitangaje mbere, ko ahubwo yari kwa muganga arwaye, arinzwe na DASSO mugenzi we.

Ndayisaba Jean Pierre Egide, Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’Umurenge wa Mugina, yabwiye intyoza.com ko uyu DASSO Mbarushimana Fideli wari arwariye mu kigo nderabuzima cya Mugina, yatorotse ibitaro mu gihe yari arinzwe na DASSO mugenzi we.

Gitifu Egide, mu nkuru yabanje yari yavuze ko uyu DASSO ari mu maboko y’inzego zibishinzwe, ariko ku makuru yahise ahabwa ni uko atariho yari ari, ko ahubwo yari mu bitaro by’ikigo nderabuzima cya Mugina arinzwe na mugenzi we w’umu DASSO.

Soma hano inkuru yabanje;Kamonyi-Mugina: DASSO uvugwaho kurya amafaranga ya Mituweli z’abaturage yatawe muri yombi

intyoza

Share Article

Follow Me Written By

Umwanditsi

Shakisha
Izasomwe cyane
Kamonyi-Runda: Umugabo ukekwaho kwica umugore we amuteye icyuma yatawe muri yombi
Umwanditsi
November 27, 2024
Kamonyi-Musambira: Gitifu yakijijwe n’amaguru ahunga RIB agarurwa n’abaturage
Umwanditsi
October 15, 2024
Urutonde rw’abaperezida bayoboye u Rwanda kuva rwigenze
Umwanditsi
October 5, 2016
Ibyiciro

Amakuru

5939 Posts

Politiki

4188 Posts

Ubuhinzi

152 Posts

Ubukungu

1046 Posts

Imyidagaduro

87 Posts

Imikino

156 Posts
Facebook Pinterest Twitter Youtube
  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga

Intyoza.com itangaza amakuru yanyu mungingo zinyuranye z'ibibera ku isi no mukirere. Byaba ari ibyiza byubaka ndetse nibibi byo kwibazaho nko mu Bukungu, Politiki, Ikoranabuhanga, Umuco, Ubuzima, n'ibindi byinshi. Mutwandikire, mwinigure, mutugezeho ibitekerezo byanyu cyangwa izindi nkuru mwifuza kugeza kubandi.

© 2022, All Rights Reserved.

  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga