• Kigali, Rwanda
  • 0788309922
Facebook Twitter Youtube

INTYOZA

  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga
  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga
Agezweho
25/10/25
Kamonyi: Nk’Abayobozi, dukore baturebereho kuruta kuvuga ibyo tudakora- Guverineri Alice Kayitesi
25/10/25
Dr Sosthène Munyemana ukurikiranyweho ibyaha bya Jenoside yasabiwe gufungwa burundu
25/10/25
Ibiceri 200 gusa byamuhesheje gutsindira asaga Miliyoni na magana atatu muri FORTEBET
25/10/25
Kamonyi-Mugina: Inteko rusange y’abahoze ari Abarobyi bakaza guhinduka abahinzi b’Umuceri yasojwe habura Ingumi

Kamonyi-Rukoma: Amwe mu mafoto yihariye utabonye MINUBUMWE igabira Akarere Inka y’Indashyikirwa

Umwanditsi
June 11, 2022

Umurenge wa Rukoma mu karere ka Kamonyi, niwo wahize indi yose mu karere no ku rwego rw’Intara y’Amajyepfo, uba uwa Gatatu(3) mu mirenge 416 igize Igihugu mu bikorwa by’intore z’Inkomezabigwi byasojwe ku wa 25 Gicurasi 2022. MINUBUMWE yaje gushyikiriza Akarere Inka y’Indashyikirwa kaheshejwe n’Intore z’Umurenge wa Rukoma ku wa 03 Kamena 2022. Babwiwe ko hasojwe Urugerero ariko ko ibikorwa byo bikomeza, ko aho Intore iri irangwa n’ibikorwa.

Dore amwe mu mafoto yihariye utabonye;

Inka y’Indashyikirwa yagabiwe Karere ka Kamonyi.
Dr Nahayo Sylvere, Meya wa Kamonyi ashyikirizwa ibarate ry’inka.
Uwo munsi, hatashywe Ibiro by’Umudugudu birimo n’irerero.
Kimwe mu bikorwa bikomeye izi ntore zakoze ni ukubaka ibiro by’Umudugudu birimo n’irerero. Byatashywe n’ubuyobozi.
Abana baherewe indyo yuzuye mu irerero, bahabwa n’amata.

Abayobozi barimo Guverineri Kayitesi Alice, berekeza mu kibuka cyo mu Kiryamo cy’Inzovu, ahabereye ibirori.
Abasore n’inkumi basoje Urugerero bari bambariye gususurutsa Abashyitsi n’abitabiriye ibirori.
Umwe mu basirikare batoje izi ntore akarasisi, yasabaga uburenganzira ngo batangire kwiyerekana.
Akarasisi k’Intore.
Ibirori byari bibereye ijisho binyuze amatwi.

Intore zizihije ibirori mu mbyino no kwiyerekana mu karasisi.

Abayobozi ntabwo batanzwe mu kwishimana n’Izi ntore.

Ababyeyi barishimye barizihirwa si nakubwira akadiho barusha intore.
Abo mu nzego z’umutekano nabo ntabwo basigaye.

Buri Ntore ihagarariye Umurenge uko ari 12 bashyikirijwe icyemezo cy’Ishimwe.
Abayobozi batandukanye bari kumwe n’intore bafashe ifoto y’urwibutso.
Abitanze kugira ngo Urugerero rugende neza barashimiwe.

Gitifu w’Umurenge wa Rukoma i Bumoso ashimirwa na Meya.

intyoza

Yasuwe inshuro: 0

Share Article

Follow Me Written By

Umwanditsi

Shakisha
Izasomwe cyane
Kamonyi-Runda: Umugabo ukekwaho kwica umugore we amuteye icyuma yatawe muri yombi
Umwanditsi
November 27, 2024
Kamonyi-Musambira: Gitifu yakijijwe n’amaguru ahunga RIB agarurwa n’abaturage
Umwanditsi
October 15, 2024
Urutonde rw’abaperezida bayoboye u Rwanda kuva rwigenze
Umwanditsi
October 5, 2016
Ibyiciro

Amakuru

5896 Posts

Politiki

4147 Posts

Ubuhinzi

149 Posts

Ubukungu

1023 Posts

Imyidagaduro

84 Posts

Imikino

149 Posts
Facebook Pinterest Twitter Youtube
  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga

Intyoza.com itangaza amakuru yanyu mungingo zinyuranye z'ibibera ku isi no mukirere. Byaba ari ibyiza byubaka ndetse nibibi byo kwibazaho nko mu Bukungu, Politiki, Ikoranabuhanga, Umuco, Ubuzima, n'ibindi byinshi. Mutwandikire, mwinigure, mutugezeho ibitekerezo byanyu cyangwa izindi nkuru mwifuza kugeza kubandi.

© 2022, All Rights Reserved.

  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga