• Kigali, Rwanda
  • 0788309922
Facebook Twitter Youtube

INTYOZA

  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga
  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga
Agezweho
13/09/25
Polisi y’u Rwanda yamaze guta muri yombi abantu bose bagaragaye batemagura umuntu ku muhanda
13/09/25
Umwe muri 3 bagaragaye batemagura umuntu ku muhanda yatawe muri yombi
13/09/25
Kamonyi-Nyamiyaga: Ukekwaho gusambanya umwana wa 17 agahunga yatawe muri yombi
13/09/25
Gisagara: Umuyobozi w’Ikigo cy’Ishuri yatawe muri yombi azira ibiryo by’abana

Koroshya ingamba za Covid-19, birashyira ubuhinde mu kaga, mu kwezi 1 hitezwe Miliyoni 2,6 z’abanduye

Umwanditsi
October 20, 2020

Itsinda rigize akanama ry’ubumenyi muri guverinoma y’ubuhinde riraburira iki gihugu ko itangira ry’imbeho nyinshi n’iminsi mikuru iri imbere bishobora gutera umuvuduko mwinshi wabandura Covid 19 mu gihe amategeko yakoroshywa.

Iri tsinda rivuga ko hashobora kuba ubwiyongere butigeze bubaho aho abantu bagera kuri miliyoni 2.6 bazandura coronavirus niba ingamaba zo kwirinda zikomeje kujyenda biguru ntege.

Ku cyumweru, komite ya Supermodel y’Ubuhinde yashyizweho na guverinoma yavuze ko iki gihugu cyageze ku kigero cyo hejuru mu bwandu bwa coronavirus kandi bishoboka ko umwaka utaha guhangana n’iki cyorezo byaba icyibazo mu gihe hadafashwe ingamaba zikomeye.

Aka kanama kavuga ko umubare w’abantu bandura mu Buhinde ushobora kuzagera kuri miliyoni 10.6. Mu gihe cy’Ibiruhuko, Abahinde bizihiza iminsi mikuru baterana n’Imiryango yabo basangira, batanga impano ibi kandi bikaba byinjiza amafaranga menshi muri iki gihugu.
Source:Aljazeera

Venuste Habineza/Intyoza.com

Share Article

Follow Me Written By

Umwanditsi

Shakisha
Izasomwe cyane
Kamonyi-Runda: Umugabo ukekwaho kwica umugore we amuteye icyuma yatawe muri yombi
Umwanditsi
November 27, 2024
Kamonyi-Musambira: Gitifu yakijijwe n’amaguru ahunga RIB agarurwa n’abaturage
Umwanditsi
October 15, 2024
Urutonde rw’abaperezida bayoboye u Rwanda kuva rwigenze
Umwanditsi
October 5, 2016
Ibyiciro

Amakuru

5863 Posts

Politiki

4114 Posts

Ubuhinzi

147 Posts

Ubukungu

1008 Posts

Imyidagaduro

83 Posts

Imikino

142 Posts
Facebook Pinterest Twitter Youtube
  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga

Intyoza.com itangaza amakuru yanyu mungingo zinyuranye z'ibibera ku isi no mukirere. Byaba ari ibyiza byubaka ndetse nibibi byo kwibazaho nko mu Bukungu, Politiki, Ikoranabuhanga, Umuco, Ubuzima, n'ibindi byinshi. Mutwandikire, mwinigure, mutugezeho ibitekerezo byanyu cyangwa izindi nkuru mwifuza kugeza kubandi.

© 2022, All Rights Reserved.

  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga