• Kigali, Rwanda
  • 0788309922
Facebook Twitter Youtube

INTYOZA

  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga
  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga
Agezweho
18/09/25
Gisagara: Polisi yashimiye Clubs zishinzwe gukumira ibyaha mu mashuri(anti-Crime Clubs in school)
18/09/25
Kamonyi-Ngamba: Amakuru intyoza.com yamenye ni uko Polisi yarashe Amabandi atatu yasanze arimo gutema no kwambura Abaturage
18/09/25
Ku biceri 200 gusa, Umunyamahirwe muri FORTEBET yatsindiye 1,296,945RWF
18/09/25
Kamonyi-Kayenzi: Barishyuye, Imyaka irasaga 5 batazi ikitambitse urugendo rujya ku Mulindi w’Intwari

Kwicuza kuva mu muryango w’ubumwe bw’uburayi byatangiye

Umwanditsi
June 25, 2016

Mu gihe umubare w’amajwi 52% y’abongereza watoye ko ubwongereza buva mu muryango w’ubumwe bw’uburayi, bamwe batangiye kwicuza icyemezo bafashe.

Bidateye kabiri abongereza batoye ku majwi 52% ko igihugu cyabo kiva mu muryango w’ubumwe bw’uburayi, ingaruka bamwe zatangiye gutuma bicuza.

Abongereza basaga miliyoni, babinyujije kuri interineti, bakomeje gusaba baniyongera kubwishi ko amatora yabaye yasubirwamo bityo icyemezo cyafashwe kikimwa agaciro.

Mu gusaba ko aya matora yasubirwamo, barashingira ku kuba abantu batoye ngo bari munsi ya 75%, barashingira kandi ku kuba ngo hari ingingo muri uyu muryango ivuga ko iyo amajwi y’abatoye ari munsi ya 60% hashobora gusabwa isubirwamo ry’itora.

Kubera ubwinshi bw’abakomeje gushyira umukono wabo ku rwandiko ruri kuri interineti rusaba isubirwamo ry’amatora, urubuga bisabirwaho ngo rwageze aho rurahagarara.

Ubwongereza, kuva umuryango w’ubumwe bw’uburayi washingwa, nicyo gihugu kibaye icya mbere binyuze muri Kamarampaka y’abaturage bacyo gusaba ko kiva muri uyu muryango.

Kampara mpaka y’abongereza yatoye ko bagomba kuva mu muryango w’ubumwe bw’uburayi yabaye kuri uyu wa kane Taliki ya 23 Kamena 2016.

Munyaneza Theogene / intyoza.com

Share Article

Follow Me Written By

Umwanditsi

Shakisha
Izasomwe cyane
Kamonyi-Runda: Umugabo ukekwaho kwica umugore we amuteye icyuma yatawe muri yombi
Umwanditsi
November 27, 2024
Kamonyi-Musambira: Gitifu yakijijwe n’amaguru ahunga RIB agarurwa n’abaturage
Umwanditsi
October 15, 2024
Urutonde rw’abaperezida bayoboye u Rwanda kuva rwigenze
Umwanditsi
October 5, 2016
Ibyiciro

Amakuru

5869 Posts

Politiki

4120 Posts

Ubuhinzi

147 Posts

Ubukungu

1011 Posts

Imyidagaduro

83 Posts

Imikino

144 Posts
Facebook Pinterest Twitter Youtube
  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga

Intyoza.com itangaza amakuru yanyu mungingo zinyuranye z'ibibera ku isi no mukirere. Byaba ari ibyiza byubaka ndetse nibibi byo kwibazaho nko mu Bukungu, Politiki, Ikoranabuhanga, Umuco, Ubuzima, n'ibindi byinshi. Mutwandikire, mwinigure, mutugezeho ibitekerezo byanyu cyangwa izindi nkuru mwifuza kugeza kubandi.

© 2022, All Rights Reserved.

  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga