• Kigali, Rwanda
  • 0788309922
Facebook Twitter Youtube

INTYOZA

  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga
  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga
Agezweho
18/09/25
Gisagara: Polisi yashimiye Clubs zishinzwe gukumira ibyaha mu mashuri(anti-Crime Clubs in school)
18/09/25
Kamonyi-Ngamba: Amakuru intyoza.com yamenye ni uko Polisi yarashe Amabandi atatu yasanze arimo gutema no kwambura Abaturage
18/09/25
Ku biceri 200 gusa, Umunyamahirwe muri FORTEBET yatsindiye 1,296,945RWF
18/09/25
Kamonyi-Kayenzi: Barishyuye, Imyaka irasaga 5 batazi ikitambitse urugendo rujya ku Mulindi w’Intwari

Leta ya Uganda yasabye ifungwa ry’imbuga za YouTube zifite aho zihurira na Bobi Wine

Umwanditsi
December 16, 2020

Urwego rushinzwe kugenzura itumanaho muri Uganda rwandikiye ikigo cy’ikoranabuhanga Google, ari cyo nyiri YouTube itangazwaho za videwo, kiyisaba gufunga shene (channels) 14 bivugwa ko zifite aho zihuriye n’imidugararo yo mu kwezi gushize yaguyemo abarenga 50.

Iyo midugararo yabereye mu murwa mukuru Kampala no mu yindi mijyi ikomeye, nyuma y’itabwa muri yombi ry’umukandida Perezida Robert Kyagulanyi, uzwi cyane nka Bobi Wine, kubera kurenga ku mabwiriza yo kurwaya Covid-19.

Zimwe muri shene zo kuri YouTube ziri gusabirwa gufungwa zifite aho zihuriye na Bobi Wine, ariko umukuru w’ibijyanye n’amategeko mu kanama ka Uganda k’itumanaho (UCC), yabwiye igitangazamakuru Bloomberg ko ibyo “byahuriranye”, ko batari bagendereye Bobi Wine.

Mu ibaruwa ako kanama kandikiye Google, kavuze ko izo shene za YouTube zakoreshejwe mu gukangurira abantu kwitabira imidugararo ndetse zigatangaza ibintu binyuranyije n’amategeko, nkuko bivugwa n’ikinyamakuru Daily Monitor.

Nkuko BBC ibitangaza, biteganyijwe ko Abanya-Uganda bujuje ibyangombwa byo gutora bitabira amatora ku itariki ya 14 y’ukwezi kwa mbere 2021 batora perezida n’abagize inteko ishingamategeko bashya.

Perezida Yoweri Museveni uri ku butegetsi amazeho imyaka 34, arimo gushaka kongera gutorwa.

Munyaneza Theogene intyoza.com

Share Article

Follow Me Written By

Umwanditsi

Shakisha
Izasomwe cyane
Kamonyi-Runda: Umugabo ukekwaho kwica umugore we amuteye icyuma yatawe muri yombi
Umwanditsi
November 27, 2024
Kamonyi-Musambira: Gitifu yakijijwe n’amaguru ahunga RIB agarurwa n’abaturage
Umwanditsi
October 15, 2024
Urutonde rw’abaperezida bayoboye u Rwanda kuva rwigenze
Umwanditsi
October 5, 2016
Ibyiciro

Amakuru

5869 Posts

Politiki

4120 Posts

Ubuhinzi

147 Posts

Ubukungu

1011 Posts

Imyidagaduro

83 Posts

Imikino

144 Posts
Facebook Pinterest Twitter Youtube
  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga

Intyoza.com itangaza amakuru yanyu mungingo zinyuranye z'ibibera ku isi no mukirere. Byaba ari ibyiza byubaka ndetse nibibi byo kwibazaho nko mu Bukungu, Politiki, Ikoranabuhanga, Umuco, Ubuzima, n'ibindi byinshi. Mutwandikire, mwinigure, mutugezeho ibitekerezo byanyu cyangwa izindi nkuru mwifuza kugeza kubandi.

© 2022, All Rights Reserved.

  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga