• Kigali, Rwanda
  • 0788309922
Facebook Twitter Youtube

INTYOZA

  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga
  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga
Agezweho
18/08/26
Kamonyi-Nyamiyaga: Umusore w’imyaka 21 y’amavuko yasanzwe amanitse mu giti cya Avoka
18/08/26
Uzagaragara wese ko yagize uruhare muri ibi bintu nta kizatuma adakurikiranwa-Dr Murangira B. Thierry/RIB
18/08/26
Ibikorwa byo gushaka no gukura ku isoko izi nzoga z’ibyuma ntabwo bizahagarara-ACP Boniface Rutikanga
18/08/26
Ruhango: Abakomoka i Mbuye bahagurukiye guteza imbere aho bakomoka

Madagascar yahinduye imvugo, yemera kujya muri gahunda y’ibihugu bikeneye inkingo za Coronavirus

Umwanditsi
April 1, 2021

Madagascar yahinduye ingendo ifata icyemezo cyo kujya muri gahunda y’ibihugu by’amahanga igamije gusaranganya inkingo za coronavirus n’ibihugu bicyennye izwi nka Covax.

Mu butumwa bwa videwo bwatangajwe ku rubuga rwa Facebook rwa minisiteri y’ubuzima, Minisitiri Jean Louis Rakotovao yagize ati:” Haracyari ibyiciro byinshi byo kunyuramo mbere yo kugera ku nkingo, ariko no kuba twiyandikishije na byo ni intambwe ikomeye muri iyi gahunda”.

Mbere, Madagascar yari yamenyesheje ko itazajya muri gahunda ya Covax. Yari yavuze ko ahubwo izakoresha umuti gakondo wayo uzwi nka Covid-Organics.

Uwo muti nkuko BBC ibitangaza, uboneka mu buryo bw’ikinyobwa n’ikinini, ndetse Perezida wa Madagascar Andry Rajoelina yawamamaje nk’uvura Covid-19.

Kugeza ubu nta muti uriho wa coronavirus, nkuko bivugwa n’ishami ry’umuryango w’abibumbye ryita ku buzima (OMS/WHO).

Munyaneza Theogene intyoza.com

Share Article

Follow Me Written By

Umwanditsi

Shakisha
Izasomwe cyane
Kamonyi-Runda: Umugabo ukekwaho kwica umugore we amuteye icyuma yatawe muri yombi
Umwanditsi
November 27, 2024
Kamonyi-Musambira: Gitifu yakijijwe n’amaguru ahunga RIB agarurwa n’abaturage
Umwanditsi
October 15, 2024
Urutonde rw’abaperezida bayoboye u Rwanda kuva rwigenze
Umwanditsi
October 5, 2016
Ibyiciro

Amakuru

6016 Posts

Politiki

4262 Posts

Ubuhinzi

155 Posts

Ubukungu

1071 Posts

Imyidagaduro

88 Posts

Imikino

162 Posts
Facebook Pinterest Twitter Youtube
  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga

Intyoza.com itangaza amakuru yanyu mungingo zinyuranye z'ibibera ku isi no mukirere. Byaba ari ibyiza byubaka ndetse nibibi byo kwibazaho nko mu Bukungu, Politiki, Ikoranabuhanga, Umuco, Ubuzima, n'ibindi byinshi. Mutwandikire, mwinigure, mutugezeho ibitekerezo byanyu cyangwa izindi nkuru mwifuza kugeza kubandi.

© 2022, All Rights Reserved.

  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga