Nyamagabe: Abakekwa ko ari abo muri FLN bishe barashe umushoferi n’umugenzi mu modoka yaganaga Rusizi

Polisi y’u Rwanda mu butumwa yanyujije ku rubuga rwayo rwa Twitter, iravuga ko ahagana ku i saa munani z’uyu wa 18 Kamena 2022, hari abagizi ba nabi bikekwa ko ari abo mu mutwe wa FLN bateze imodoka yajyaga Rusizi, igeze mu Murenge wa Kitabi bakica umushoferi n’umugenzi, bagakomeretsa abandi 6.

Uko iri tangazo rya Polisi ribivuga;

intyoza

Umwanditsi

Learn More →