Politiki

Kamonyi-Mugina: Guhabwa inguzanyo ya VUP bisaba icya 10 (1/10) mu zibanze( Gushingamo Umuheha)

Bamwe mu baturage, by’Umwihariko Abagenerwabikorwa b’Inguzanyo y’Amafaranga ya VUP ahabwa abatishoboye mu Murenge wa Mugina ngo bikure mu bukeen, bavuga ko Inguzanyo y’Amafaranga ibihumbi Ijana(100,000Frws) cyangwa Ibihumbi Magana abiri(200,000Frws) bahabwa ngo bikure mu bukene ntawe uyahabwa gutyo gusa. Bisaba ko ngo bamwe mu bayobozi b’inzego z’ibanze babanza kuyashingamo umuheha, utabyemeye akaba ntayo ahabwa. Nkuko bamwe […]

Kamonyi: Ubuyobozi bw’Akarere n’Abafatanyabikorwa biyemeje kunoza imikoranire

Mu nama y’Inteko rusange ya JADF(Joint Action Development Forum/Ihuriro ry’Abafatanyabikorwa mu Iterambere) y’Akarere ka Kamonyi yo kuri uyu wa 19 Ukuboza 2025, hasabwe ko Imikorere n’Imikoranire binozwa mu nyungu zihuriweho ku iterambere ry’Akarere, buri umwe mu nshingano ze asabwa gukosora no kunoza ibimureba. Ku ruhande rw’Abafatanyabikorwa mu Iterambere ry’Akarere ka Kamonyi, umwe mu bitabiriye iyi […]

Umuyobozi wa Polisi, IGP, CG Felix Namuhoranye ntiyumva uburyo Akarere gatwara imodoka yahembwe Umurenge

IGP, CG Felix Namuhoranye, Umuyobozi wa Polisi y’u Rwanda avuga ko bitumvikana uburyo Polisi ikoresha amarushanwa, Imirenge igahiganwa ariko Abatsinze bahembwa Imodoka, Akarere kakayigira iyako aho kuba iy’Umurenge wayitsindiye. Urugero rwa hafi ni imodoka yahembwe Umurenge wa Runda muri 2023 ariko Ubuyobozi bw’Akarere ka kamonyi bukayitwara ndetse bugakuraho Ibirango bigaragaza inkomoko y’imodoka. Mu kiganiro Polisi […]

Kamonyi: Uburenganzira bw’Ufite Ubumuga ntabwo bureba Ubuyobozi gusa-Visi meya Uwiringira M Josee

Kuri uyu wa 03 Ukuboza 2025, Umunsi mpuzamahanga ngarukamwaka wahariwe kuzirikana Abantu bafite Ubumuga, Umuyobozi w’Akarere ka Kamonyi wungirije ushinzwe Imibereho myiza y’Abaturage, Uwiringira Marie Josée yasabye Ababyeyi n’abandi bafite inshingano ku bana bafite Ubumuga kuzirikana ko Uburenganzira bw’Umwana ufite Ubumuga butareba Ubuyobozi gusa, ko ahubwo buhera ku mubyeyi wamubyaye n’undi wese umufite mu nshingano. […]

Kamonyi-Rugalika: Abadepite basabye Akarere kugira nibura Site imwe y’Imiturire y’icyitegererezo

Mu rugendo Abadepite bagiriye mu Karere ka Kamonyi mu mirenge itandukanye kuva tariki ya 25 kugera 29 Ugushyingo 2025, ubwo basuraga Umurenge wa Rugalika nyuma yo gusura ibikorwa bitandukanye byibanda ku Myubakire, Imiturire n’Imikoreshereze y’Ubutaka, basabye Ubuyobozi bw’Akarere ka Kamonyi kugira nibura Site Imwe y’Imiturire ntangarugero abandi bajya baza kwigiraho. Depite Murora Beth, waje akuriye […]

Aheruka

Ubukungu

Izo twabahitiyemo

Ubuzima

Umuyobozi wa Polisi, IGP, CG Felix Namuhoranye ntiyumva uburyo Akarere gatwara imodoka yahembwe Umurenge

IGP, CG Felix Namuhoranye, Umuyobozi wa Polisi y’u Rwanda avuga ko bitumvikana uburyo Polisi ikoresha amarushanwa, Imirenge igahiganwa ariko Abatsinze bahembwa Imodoka, Akarere kakayigira iyako aho kuba iy’Umurenge wayitsindiye. Urugero rwa hafi ni imodoka yahembwe Umurenge wa Runda muri 2023 ariko Ubuyobozi bw’Akarere ka kamonyi bukayitwara ndetse bugakuraho Ibirango bigaragaza inkomoko y’imodoka. Mu kiganiro Polisi […]

Kamonyi: Uburenganzira bw’Ufite Ubumuga ntabwo bureba Ubuyobozi gusa-Visi meya Uwiringira M Josee

Kuri uyu wa 03 Ukuboza 2025, Umunsi mpuzamahanga ngarukamwaka wahariwe kuzirikana Abantu bafite Ubumuga, Umuyobozi w’Akarere ka Kamonyi wungirije ushinzwe Imibereho myiza y’Abaturage, Uwiringira Marie Josée yasabye Ababyeyi n’abandi bafite inshingano ku bana bafite Ubumuga kuzirikana ko Uburenganzira bw’Umwana ufite Ubumuga butareba Ubuyobozi gusa, ko ahubwo buhera ku mubyeyi wamubyaye n’undi wese umufite mu nshingano. […]

Kamonyi-Mugina: Ku munsi w’Ubwiherero, bibukijwe kwita ku isuku

Ubwo hizihizwaga umunsi mpuzamahanga w’Ubwiherero “World toilet Day” mu Kagari ka Nteko, Umurenge wa Mugina ho mu Karere ka Kamonyi, kuri uyu wa 19 Ugushyingo 2025, Umuyobozi w’Akarere ka Kamonyi wungirije ushinzwe Imibereho myiza y’Abaturage, Uwiringira Marie Josée yibukije Abaturage kwita ku isuku y’Umubiri, iy’aho batuye, Bagenda ndetse n’aho bakorera. By’umwihariko, yabasabye kugira ubwiherero busa […]

Kamonyi-Runda/Gihara: Polisi yataye muri yombi ukekwaho Ubucuruzi bw’Ibiyobyabwenge

Kuri uyu wa 20 Ugushyingo 2025, ku bufatanye n’Abaturage hamwe n’Inzego z’Ibanze, Polisi y’u Rwanda ikorera mu Karere ka Kamonyi yafashe Umugabo w’imyaka 37 y’Amavuko ukekwaho GUCURUZA no GUKWIRAKWIZA Ibiyobyabwenge. Yafatiwe mu Mudugudu wa Bimba, Akagari ka Gihara ho mu Murenge wa Runda, afatanwa Ibiro birenga bibiri(2kgs) by’Urumogi. Umuvugizi wa Polisi y’u Rwanda mu Ntara […]

HOWO(HOHO) ishobora kuba atari ikibazo, ahubwo abazitwara-ACP Boniface Rutikanga

Umuvugizi wa Polisi y’u Rwanda, ACP Boniface Rutikanga avuga ko nubwo atari umuvugizi w’uruganda rukora ubwoko bw’izi modoka za HOWO/HOHO zikunze gushyirwa mu majwi na benshi mu gukora no gukoresha impanuka, kuri we ngo ikibazo abantu bavuga ko zifite bakwiye kukirebera ahandi nko mu bazitwara kuko ikoranabuhanga zifite bashobora kuba batarizi. Mu kiganiro ACP Boniface […]

Kamonyi-Rugalika: Hasojwe icyumweru cy’Umuryango hasezerana abarimo umaze imyaka 50

Ku Gihango cy’Urungano imbere y’ibiro by’Akagari ka Kigese kuri uyu wa 14 Ugushyingo 2025, Ubuyobozi bw’Intara y’Amajyepfo hamwe n’ubw’Akarere ka Kamonyi bifatanije n’Abaturage b’Umurenge wa Rugalika gusoza icyumweru cyahariwe Umuryango. Hasezeranijwe imiryango 9 yabanaga nta sezerano, irimo umwe umaranye imyaka 50 nta tegeko ribazi nk’Umugabo n’Umugore, Hatanzwe imashini zidoda ku basoje amasomo y’Ubudozi, hatangwa inama […]

Ubutabera

Ikoranabuhanga