RIB iraburira abantu ku mikoreshereze y’ibirango by’Igihugu,“ si ibyo gukiniraho”
Urwego rw’Ubugenzacyaha (RIB) ruraburira abaturarwanda ku mikoreshereze idakurikije amategeko y’ibirango by’igihugu kuko harimo ibyaha kandi bikomeye. Uku kwihanangiriza kuje nyuma yuko bigaragaye ko hari ubwiyongere bw’abantu bakoresha ibirango by’igihugu mu buryo bunyuranyije n’amategeko. Umuvugizi...
Read More