Muhanga: Bajujubywa n’imiryango yabo bazira guterwa inda z’imburagihe bagahitamo guhunga
Bamwe mu bakobwa baterwa inda batarageza ku myaka y’ubukure, baravuga ko bakomeje kujujubywa...
Ingabo za nyuma za Amerika zavuye muri Afghanistan
Indege ya gisirikare ya Leta Zunze Ubumwe za Amerika yavuye ku kibuga cy’indege cy’i Kabul,...
Umugore wo muri Nouvelle-Zélande/ New Zealand yishwe n’urukingo rwa Pfizer
Igihugu cya Nouvelle-Zélande/ New Zealand cyatangaje umuntu wa mbere cyemeza ko yapfuye biturutse...
USA: Umugore yarokoye umwana we mu menyo y’intare yashakaga kumurya
Umugore wo muri California yashoboye kurokora umwana we w’umuhungu w’imyaka itanu yari...
Nta wakwihandagaza ngo avuge ko amatora azaba muri uyu mwaka-Prof. Mbanda/NEC
Perezida wa Komisiyo y’Igihugu y’amatora mu Rwanda, Prof. Kalisa Mbanda avuga ko bigoye kwemeza ko...
Perezida Joe Biden yahigiye kwihorera nyuma y’iyicwa ry’abasirikare 13 ba Amerika muri Afghanistan
Perezida wa Leta zunze ubumwe za Amerika, Joe Biden yavuze ko azihorera ku bakoze igitero kuri uyu...
Kamonyi: Urubyiruko rwa SEVOTA rwasabwe kuba nk’itara rimurika amanywa n’ijoro muri rugenzi rwarwo
Ni ubutumwa urubyiruko rw’abasore n’inkumi 94 ba SEVOTA bahawe n’umuyobozi w’agateganyo w’Akarere...
Kamonyi-Musambira: Polisi y’u Rwanda yatuje umuryango mu nzu ya Miliyoni 18
Ku gicamunsi cy’uyu wa 25 Kanama 2021, Polisi y’u Rwanda ku bufatanye n’ubuyobozi...