Africa y’epfo yafunguye imipaka ku bihugu bya Afurika
Afurika y’Epfo yafunguye imipaka ku bagenzi baturutse mu bihugu byose bya Afurika, ariko...
Indwara zifata amenyo zifitanye isano no kutayagirira isuku- Dr Leon
Mu gihe hari abaturage bumva ko kurwara amenyo biterwa n’umubiri w’umuntu kuko ngo ushobora no...
Zimbabwe: Abagera ku 80 000 bakuramo inda ku mwaka
Mu gihugu cya Zimbabwe abagore n’abakobwa bagera ku 80 000 bakuramo inda ku mwaka. Ibi bituma...
UN irahamagarira guverinoma nshya ya Mali gushyira mu bikorwa amasezerano y’amahoro
Muri iki cyumweru, umunyamabanga mukuru w’umuryango w’abibumbye, Antonio Guterres, yahamagariye...
Guinea: Abantu bagera kuri 50 bararashwe barapfa mu gihe bari mu myigaragambyo.
Umuryango uharanira uburenganzira bwa muntu, Amnesty Internationale, uratangaza ko umwaka ushize...
Xi Jinping yashimiye Emir, umuyobozi mushya wa Koweti
Kuri uyu wa kane tariki 01 Ukwakira 2020, Perezida w’Ubushinwa Xi Jinping yashimye Sheikh Nawaf...
Ikiganiro kibi giheruka guhuza Perezida Trump na Biden kigiye gutuma amategeko ahinduka
Komisiyo ishinzwe gutegura ibiganiro mpaka muri Amerika, yavuze ko izahindura uko bizajya bikorwa...
Icyifuzo cya Kabuga cyo kutajyanwa i Arusha cyanzwe n’urusesa imanza mu Bufaransa
Urukiko rusesa imanza mu Bufaransa rwanze ikirego cya Félicien Kabuga gisaba gutesha agaciro...