Huye: Abagabo bifuza ko bashyirirwaho ubundi buryo bwo kuboneza urubyaro
Bamwe mu bagabo bo mu Karere ka Huye bavuga ko bifuza kugira uruhare rufatika muri gahunda yo...
Huye: Abagirwaho ingaruka n’uburyo bwo kuboneza urubyaro barasabwa kwegera abaganga
Bamwe mubabyeyi bo mu Karere ka Huye bitabira gahunda yo kuboneza urubyaro bagaragaza imbogamizi...
Perezida Trump yeruye, avuga ko yasabye abapima Covid-19 kugabanya umuvuduko
Ubwo yatangiraga ibikorwa byo kwiyamamariza indi manda nk’umukuru w’Igihugu cya Amerika, Trump...
Minisitiri w’Ubuzima muri Zimbabwe akurikiranweho ruswa yo mu isoko rya Covid-19
Minisitiri w’Ubuzima mu gihugu cya Zimbabwe yarahagaritswe ku mirimo ndetse arimo gukurikiranwaho...
Huye: Abangavu 139 bayobotse gahunda yo kuboneza urubyaro nyuma yo kubyarira iwabo
Imibare itangwa n’ubuyobozi bw’akarere ka Huye igaragaza ko muri aka karere habarurwa abangavu 139...
Leta y’u Burundi yatangaje ko habonetse abantu 40 bashya banduye Covid-19
Nyuma y’uko Tariki 19 kamena 2020, abategetsi b’u Burundi batangarije itangazamakuru ko bagiye...
Amerika: Abigaragambya barasaba ko Ubugome n’ivangura ku ruhu bikorwa na Polisi bihagarara
Imyigaragambyo mu bice bitandukanye bya Leta Zunze Ubumwe za Amerika yongeye kubura. Abayitabiriye...
Ibipimo bya Covid-19 byongeye kugaragaza abarwayi bashya barenga 40
Ishusho itangwa na Minisiteri y’Ubuzima y’uko icyorezo cya Covid-19 kiriwe kifashe kuri uyu wa 20...