Kamonyi: Hari ahantu warara ukarota nabi bukagucyeraho- Meya Kayitesi
Umuyobozi w’Akarere ka Kamonyi, Kayitesi Alice mu nama y’inteko y’abaturage yo kuwa 03 Werurwe 2020...
Nyaruguru: Dufite icyo nakwita “a very good Problem” mu buhinzi- Meya Habitegeko
Umuyobozi w’Akarere ka Nyaruguru, Habitegeko Francois avuga ko abajyaga bavuga ngo aka karere ni...
Gisagara: Aho kubona Impunzi zihari nk’inyabibazo, bazibonamo abafatanyabikorwa mu iterambere
Umuyobozi w’Akarere ka Gisagara, Rutaburingoga Jerome ahamya ko impunzi zisaga ibihumbi icumi...
Nyamagabe: Abantu batanu muri 11 basengeraga mu buvumo rwihishwa bapfuye
Imvura yaguye mu ijoro ryo kuri uyu wa 05 Werurwe 2020 mu Mudugudu wa Kamuhirwa, Akagari ka Ngoma,...
Nyaruguru: Meya Habitegeko ati” Duhagaze neza ariko ntabwo duhagaze aho tugomba kuba duhagaze”
Umuyobozi w’Akarere ka Nyaruguru, Habitegeko Francois mu kiganiro yagiranye na bamwe mu banyamakuru...
Amajyepfo: Imiryango itari iya Leta yasabwe kwerekeza amaso ku mirenge 10 yazahajwe n’ubukene
Mu nama yahuje ubuyobozi bw’Intara y’Amajyepfo n’abafatanyabikorwa bayo kuri uyu...
Amajyepfo: Abakora ibikomoka kw’ibumba barataka igihombo
Bamwe mu bakora ibikoresho bikomoka kw’ibumba nk’imbabura ibyungo n’ibindi...
Huye: Umusore yavuye i Kigali ajya iwabo, bamusanga amanitse mu kiziriko yapfuye
Kuri uyu wa 03 Werurwe 2020 mu masaha y’umugoroba, Umusore witwa Ndamage Jules w’imyaka...