• Kigali, Rwanda
  • 0788309922
Facebook Twitter Youtube

INTYOZA

  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga
  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga
Agezweho
18/09/25
Gisagara: Polisi yashimiye Clubs zishinzwe gukumira ibyaha mu mashuri(anti-Crime Clubs in school)
18/09/25
Kamonyi-Ngamba: Amakuru intyoza.com yamenye ni uko Polisi yarashe Amabandi atatu yasanze arimo gutema no kwambura Abaturage
18/09/25
Ku biceri 200 gusa, Umunyamahirwe muri FORTEBET yatsindiye 1,296,945RWF
18/09/25
Kamonyi-Kayenzi: Barishyuye, Imyaka irasaga 5 batazi ikitambitse urugendo rujya ku Mulindi w’Intwari

Perezida Erdogan wa Turukiya arashinja Amerika gushyigikira abakora iterabwoba

Umwanditsi
February 16, 2021

Perezida wa Turukiya, Recep Tayyip Erdogan, yashinjije Leta zunze Ubumwe za Amerika bafatanije mu ishyirahamwe OTAN kuba ishyigikiye iterabwoba. Abivuze nyuma y’urupfu rw’abanyaturukiya 13 bashimutiwe mu majyaruguru ya Iraki. Perezida Erdogan yasuzuguye ijambo ryashyikirijwe na Amerika kuri ubwo bwicanyi, avuga ko ari ukwikurayo(urwiyerurutso).

Mu kuvuga abakora iterabwoba, Perezida Erdogan, yarimo avuga ishyaka ry’abakozi b’abakurde, PKK, yagiriza/ashinja ubwo bwicanyi kandi rimaze imyaka rirwanira mu majyaruguru ashyira uburasirazuba bwa Turukiya.

Perezida Erdogan nkuko VOA ibitangaza, yabivuze hashize umusi umwe, umuvugizi wa Minisiteri y’ububanyi n’amahanga ya Amerika avuze ko aneguye ubwicanyi bwakorewe abasivile ba Turukiya.

Minisitiri w’Ingabo wa Turukiya, Hulusi Akar, na we yavuze ku cyumweru ko iyo mirambo y’abanyagihugu babo yatowe mu ntara ya Gara, iri hafi y’urubibe rwa Turukiya na Iraki.

Munyaneza Theogene / intyoza.com

Share Article

Follow Me Written By

Umwanditsi

Shakisha
Izasomwe cyane
Kamonyi-Runda: Umugabo ukekwaho kwica umugore we amuteye icyuma yatawe muri yombi
Umwanditsi
November 27, 2024
Kamonyi-Musambira: Gitifu yakijijwe n’amaguru ahunga RIB agarurwa n’abaturage
Umwanditsi
October 15, 2024
Urutonde rw’abaperezida bayoboye u Rwanda kuva rwigenze
Umwanditsi
October 5, 2016
Ibyiciro

Amakuru

5869 Posts

Politiki

4120 Posts

Ubuhinzi

147 Posts

Ubukungu

1011 Posts

Imyidagaduro

83 Posts

Imikino

144 Posts
Facebook Pinterest Twitter Youtube
  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga

Intyoza.com itangaza amakuru yanyu mungingo zinyuranye z'ibibera ku isi no mukirere. Byaba ari ibyiza byubaka ndetse nibibi byo kwibazaho nko mu Bukungu, Politiki, Ikoranabuhanga, Umuco, Ubuzima, n'ibindi byinshi. Mutwandikire, mwinigure, mutugezeho ibitekerezo byanyu cyangwa izindi nkuru mwifuza kugeza kubandi.

© 2022, All Rights Reserved.

  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga