Perezida Kagame yashyizeho igihe cy’icyunamo kugeza ku ishyingurwa rya Perezida Magufuri

Umukuru w’Igihugu cy’u Rwanda, Kagame Paul yategetse ko guhera kuri uyu wa 18 Werurwe 2021 mu Gihugu hose ndetse no muri za Ambasade zihagarariye u Rwanda, ibendera ry’Igihugu ryururutswa kugera hagati. Ni igihe cy’icyunamo kugeza igihe Nyakwigendera Magufuri azashyingurirwa.
Itangazo rigira riti;
Munyaneza Theogene / intyoza.com

Umwanditsi

Learn More →