• Kigali, Rwanda
  • 0788309922
Facebook Twitter Youtube

INTYOZA

  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga
  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga
Agezweho
14/09/25
Polisi y’u Rwanda yamaze guta muri yombi abantu bose bagaragaye batemagura umuntu ku muhanda
14/09/25
Umwe muri 3 bagaragaye batemagura umuntu ku muhanda yatawe muri yombi
14/09/25
Kamonyi-Nyamiyaga: Ukekwaho gusambanya umwana wa 17 agahunga yatawe muri yombi
14/09/25
Gisagara: Umuyobozi w’Ikigo cy’Ishuri yatawe muri yombi azira ibiryo by’abana

Tanzaniya: Minisitiri yirukanywe mu mirimo azira ubusinzi

Umwanditsi
May 21, 2016

Minisitiri Charles Kitwanga w’ubutegetsi bw’igihugu muri Tanzaniya yirukanywe ku mwanya muri Guverinoma azira ubusinzi.

Mu itangazo ry’umukuru w’Igihugu cya Tanzaniya, John Pombe Magufuli, yatangaje ko Minisitiri Kitwanga yagiye mu nteko ishinga amategeko yasinze, ngo yanasubije kandi ikibazo cy’umudepite yari amubajije yasinze.

Minisitiri Kitwanga wirukanywe mu mirimo ye, yirinze guhita agira icyo atangaza ku bijyanye n’iyirukanwa rye mu mirimo ya Guverinoma.

Minisitiri Kitwanga wirukanywe mu mirimo ye, abadepite batavuga rumwe na Leta bari bamaze igihe kitari gito basaba ko yakurwa mu mirimo kubera kumukehaho ibintu byerekeranye n’imali afitemo inyungu byashoboraga kubangamira imirimo ye y’ubuminisitiri.

Minisitiri Kitwanga ntabwo ariwe mutegetsi wa mbere muri Tanzaniya umaze kwirukanwa na Perezida John Pombe Magufuri amuziza ubusinzi.

Bitewe n’ubucuti bw’igihe kirekire bwari hagati ya Minisitiri Kitwanga na Perezida Magufuri, benshi muri Tanzaniya bari bazi ubucuti bwabo ngo byabatunguye kubona Kitwanga yirukanwa muri Guverinoma.

Munyaneza Theogene / intyoza.com

Share Article

Follow Me Written By

Umwanditsi

Shakisha
Izasomwe cyane
Kamonyi-Runda: Umugabo ukekwaho kwica umugore we amuteye icyuma yatawe muri yombi
Umwanditsi
November 27, 2024
Kamonyi-Musambira: Gitifu yakijijwe n’amaguru ahunga RIB agarurwa n’abaturage
Umwanditsi
October 15, 2024
Urutonde rw’abaperezida bayoboye u Rwanda kuva rwigenze
Umwanditsi
October 5, 2016
Ibyiciro

Amakuru

5863 Posts

Politiki

4114 Posts

Ubuhinzi

147 Posts

Ubukungu

1008 Posts

Imyidagaduro

83 Posts

Imikino

142 Posts
Facebook Pinterest Twitter Youtube
  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga

Intyoza.com itangaza amakuru yanyu mungingo zinyuranye z'ibibera ku isi no mukirere. Byaba ari ibyiza byubaka ndetse nibibi byo kwibazaho nko mu Bukungu, Politiki, Ikoranabuhanga, Umuco, Ubuzima, n'ibindi byinshi. Mutwandikire, mwinigure, mutugezeho ibitekerezo byanyu cyangwa izindi nkuru mwifuza kugeza kubandi.

© 2022, All Rights Reserved.

  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga