• Kigali, Rwanda
  • 0788309922
Facebook Twitter Youtube

INTYOZA

  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga
  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga
Agezweho
14/08/26
Ruhango: Abakomoka i Mbuye bahagurukiye guteza imbere aho bakomoka
14/08/26
Huye: Polisi yahuguye abakorera n’abarema isoko rya Rango ku gukumira no kurwanya inkongi z’umuriro
14/08/26
RIB na Polisi, beretse Itangazamakuru abarimo nyiri Uruganda Ingufu Gin Ltd bakekwaho ibyaha bitandukanye
14/08/26
Kamonyi: Turasaba Ababyeyi ko Umuganura utaba umuhango gusa-Visi Meya Uzziel Niyongira

U Bushinwa bwahagaritse abantu 80 bakoraga mu buryo bwa Magendu inkingo za Coronavirus

Umwanditsi
February 2, 2021

Leta y’U Bushinwa ivuga ko irimo ishakisha abagizi ba nabi bakora “inkingo za magendu” za Covid-19, aho bakora ubwo bugizi bwa nabi kuva mu kwezi kwa cyenda, nk’uko bivugwa na CNN.

Igipolisi cya Jiangsu, Beijing na Shandong cyafashe abantu barenga 80 bafite uruhare mu gukora inkingo zirenga 3.000 za magendu za Covid-19, nk’uko bivugwa n’ibiro ntaramakuru by’U Bushinwa, Xinhua.

Xinhua, ivuga ko Minisiteri y’umutekano mu Bushinwa ivuga ko irimo gukora amaperereza kuri izo nkingo za magendu hamwe n’iyindi miti yo mu rwego rwo gukingira indwara.

Igipolisi cyemeza ko kuva mu kwezi kwa cyenda mu 2020, abo bakora izo nkingo za magendu babonye amafaranga menshi cyane, aho bashyira umunyu mu rushinge bagahita bazigurisha ku mafaranga menshi, nk’uko bikomeza bivugwa na Xinhua.

U Bushinwa nkuko BBC ibitangza, burimo burakingira abanyagihugu bukoresheje inkingo ziva mu bigo bibiri, Sinovac na Sinopharm, inkingo z’icyo gihugu kandi zatangiye gutangwa mu bindi bihugu, harimo n’igihugu cya Turkia.

Munyaneza Theogene / intyoza.com

Share Article

Follow Me Written By

Umwanditsi

Shakisha
Izasomwe cyane
Kamonyi-Runda: Umugabo ukekwaho kwica umugore we amuteye icyuma yatawe muri yombi
Umwanditsi
November 27, 2024
Kamonyi-Musambira: Gitifu yakijijwe n’amaguru ahunga RIB agarurwa n’abaturage
Umwanditsi
October 15, 2024
Urutonde rw’abaperezida bayoboye u Rwanda kuva rwigenze
Umwanditsi
October 5, 2016
Ibyiciro

Amakuru

6013 Posts

Politiki

4259 Posts

Ubuhinzi

155 Posts

Ubukungu

1069 Posts

Imyidagaduro

88 Posts

Imikino

162 Posts
Facebook Pinterest Twitter Youtube
  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga

Intyoza.com itangaza amakuru yanyu mungingo zinyuranye z'ibibera ku isi no mukirere. Byaba ari ibyiza byubaka ndetse nibibi byo kwibazaho nko mu Bukungu, Politiki, Ikoranabuhanga, Umuco, Ubuzima, n'ibindi byinshi. Mutwandikire, mwinigure, mutugezeho ibitekerezo byanyu cyangwa izindi nkuru mwifuza kugeza kubandi.

© 2022, All Rights Reserved.

  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga