U Rwanda rwahagaritse ingendo z’abaturuka mu bihugu bya Afurika y’Amajyepfo

Inama y’abaminisitiri idasanzwe yateranye kuri uyu wa 28 Ugushyingo 2021 muri Village Urugwiro, ikayoborwa na Perezida wa Repubulika y’u Rwanda Kagame Paul, yafashe ingamba zirimo guhagarika ingendo ku bagenzi baturuka mu bihugu bya Afurika y’Amajyepfo, hanafashwe kandi izindi ngamba z’ubwirinzi kubera icyorezo gishya cya Coronavirus cyahawe izina rya  “Omicron” .

Soma hano ibyemezo by’inama y’Abaminisitiri;

Munyaneza Theogene / intyoza.com  

Umwanditsi

Learn More →