• Kigali, Rwanda
  • 0788309922
Facebook Twitter Youtube

INTYOZA

  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga
  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga
Agezweho
27/10/25
Kamonyi-Rugalika: Ubufatanye bw’Ababyeyi n’Ubuyobozi bwa GS Ruramba, urugero rw’ibishoboka
27/10/25
Nyamagabe: Kuhira imyaka ntibisaba gusa imashini, n’atemba ku musozi aruhira-Min. Dr Bagabe Mark Cyubahiro
27/10/25
Kamonyi: Nk’Abayobozi, dukore baturebereho kuruta kuvuga ibyo tudakora- Guverineri Alice Kayitesi
27/10/25
Dr Sosthène Munyemana ukurikiranyweho ibyaha bya Jenoside yasabiwe gufungwa burundu

Umudepite w’Uburundi Hafsa Mossi yapfuye arashwe

Umwanditsi
July 13, 2016

Hafsa Mossi, umudepite wari uhagarariye uburundi mu nteko ishinga amategeko y’umuryango w’ibihugu bya Afurika y’uburasirazuba yarasiwe ibujumbura arapfa.

Kuri uyu wa gatatu Taliki ya 13 Nyakanga 2016, Ibujumbura mu Burundi harasiwe umudepite Hafsa Mossi wari uhagarariye iki gihugu mu nteko ishinga amategeko mu muryango w’ibihugu bya Afurika y’uburasirazuba EALA.

Polisi y’u Burundi, yahamije amakuru y’urupfu rw’uyu mudepite Hafsa, ivuga ko yarashwe n’abantu batarabasha kumenyekana akajyanwa kwa muganga agitera akuka ariko bikanga akaba ariho agwa.

Umuvugizi w’igipolisi cy’uburundi, yatangaje ko Mossi yarashwe ahagana mu masaha ya saa yine z’amanywa n’abantu bari mu modoka bagahita bakomeza ariko ngo bakaba batabashije kumenyekana cyangwa ngo bafatwe.

Hafsa Mossi, umwaka ushize yari mu Rwanda aho yanasuye impunzi z’abarundi arebye uko zimerewe asuka amarira yiyemeza kuzikorera ubuvugizi no kugerageza kushaka umuti w’uko zataha zikava mubuhungiro.

Aha Hafsa yaririraga impunzi z'abarundi i Mahama bababajwe n'ubuzima bwazo.
Aha Hafsa, yaririraga impunzi z’abarundi i Mahama ababajwe n’ubuzima bwazo.

Hafsa Mossi, yakoze akazi k’ubunyamakuru kuri Radio BBC, yakoze kandi imirimo itandukanye ya Politiki, yabaye Minisitiri, yabaye umuvugizi wa Guverinoma mu gihugu cy’uburundi. abamuzi bahamya ko yari umuntu wa hafi wa perezida Pierre Nkurunziza dore ko bari banasangiye ishyaka.

Munyaneza Theogene / intyoza.com

 

Yasuwe inshuro: 0

Share Article

Follow Me Written By

Umwanditsi

Shakisha
Izasomwe cyane
Kamonyi-Runda: Umugabo ukekwaho kwica umugore we amuteye icyuma yatawe muri yombi
Umwanditsi
November 27, 2024
Kamonyi-Musambira: Gitifu yakijijwe n’amaguru ahunga RIB agarurwa n’abaturage
Umwanditsi
October 15, 2024
Urutonde rw’abaperezida bayoboye u Rwanda kuva rwigenze
Umwanditsi
October 5, 2016
Ibyiciro

Amakuru

5898 Posts

Politiki

4149 Posts

Ubuhinzi

150 Posts

Ubukungu

1023 Posts

Imyidagaduro

85 Posts

Imikino

150 Posts
Facebook Pinterest Twitter Youtube
  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga

Intyoza.com itangaza amakuru yanyu mungingo zinyuranye z'ibibera ku isi no mukirere. Byaba ari ibyiza byubaka ndetse nibibi byo kwibazaho nko mu Bukungu, Politiki, Ikoranabuhanga, Umuco, Ubuzima, n'ibindi byinshi. Mutwandikire, mwinigure, mutugezeho ibitekerezo byanyu cyangwa izindi nkuru mwifuza kugeza kubandi.

© 2022, All Rights Reserved.

  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga