• Kigali, Rwanda
  • 0788309922
Facebook Twitter Youtube

INTYOZA

  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga
  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga
Agezweho
04/05/26
Kamonyi-Kwibuka32: The Brothers F.C yatsinze Arsenal 3-2 mu mukino wo Kwibuka abari Abasiporutifu
04/05/26
Nyarubaka-Kwibuka32: Bibutse Jenoside yakorewe Abatutsi, bunamira kandi bashyira indabo ahiciwe abana basaga 100
04/05/26
Itangazo ryo guhinduza amazina ya Nyiracumi Theodosie
04/05/26
Karama-Kwibuka32: Kuba muriho uyu munsi ni igihamya cy’uko umwijima utigeze uzimya Urumuri rwanyu-Zacharie/Ibuka

Umunsi w’itora abahawe konji ni abarimu n’abanyeshuri gusa

Umwanditsi
February 6, 2016

 

Minisiteri ifite uburezi mu nshingano zayo itangaza ko abarimu n’abanyeshuri ku munsi w’itora bahawe ikiruhuko.

Kuri uyu wa mbere taliki ya 8 Gashyantare 2016, nibwo hateganijwe amatora y’inzego zibanze aho aya matora ahenshi azabera mu bigo by’amashuri bityo MINEDUC ikaba yavuze ko nta masomo ahari ku barimu bagombaga kuzigisha n’abanyeshuri bagombaga kwiga.

Olivier Rwamukwaya, umunyamabanga wa leta ushinzwe amashuri abanza n’ayisumbuye abinyujije ku mbuga nkoranyambaga nka twitter avuga ko nta masomo ahari ku munsi wo kuwambere.

Itangazo rigaragara kuri twitter ya Olivier Rwamukwaya, Umunyamabanga wa Leta muri MINEDUC.
Itangazo rigaragara kuri twitter ya Olivier Rwamukwaya, Umunyamabanga wa Leta muri MINEDUC.

Nubwo ari konji ku barimu n’abanyeshuri kubera impamvu Minisiteri ifite uburezi mu nshingano zayo yatangaje, Minisiteri y’abakozi ba Leta n’umurimo mu itangazo yageneye abanyamakuru ivuga ko abakozi basabwa kwitabira amatora ndetse bakoroherezwa n’abakoresha babo kujya gutora hanyuma bagahita bajya mu mirimo.

Itangazo rya Minisiteri y'abakozi ba Leta n'umurimo.
Itangazo rya Minisiteri y’abakozi ba Leta n’umurimo.

Ku munsi wo ku wambere taliki 8 Gashyantare 2016 uretse gusa abarimu n’abanyeshuri nkuko byavuzwe na Minisiteri ibashinzwe nibo bonyine bemerewe kutitabira imirimo yabo basanganywe byaba kwiga kubiga cyangwa se kwigisha kubigisha ku bw’impamvu zavuzwe, ariko abandi bose ni ukwitabira itora kare bagahita bakomeza imirimo.

intyoza.com

Share Article

Follow Me Written By

Umwanditsi

Shakisha
Izasomwe cyane
Kamonyi-Runda: Umugabo ukekwaho kwica umugore we amuteye icyuma yatawe muri yombi
Umwanditsi
November 27, 2024
Kamonyi-Musambira: Gitifu yakijijwe n’amaguru ahunga RIB agarurwa n’abaturage
Umwanditsi
October 15, 2024
Urutonde rw’abaperezida bayoboye u Rwanda kuva rwigenze
Umwanditsi
October 5, 2016
Ibyiciro

Amakuru

5957 Posts

Politiki

4205 Posts

Ubuhinzi

152 Posts

Ubukungu

1049 Posts

Imyidagaduro

88 Posts

Imikino

158 Posts
Facebook Pinterest Twitter Youtube
  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga

Intyoza.com itangaza amakuru yanyu mungingo zinyuranye z'ibibera ku isi no mukirere. Byaba ari ibyiza byubaka ndetse nibibi byo kwibazaho nko mu Bukungu, Politiki, Ikoranabuhanga, Umuco, Ubuzima, n'ibindi byinshi. Mutwandikire, mwinigure, mutugezeho ibitekerezo byanyu cyangwa izindi nkuru mwifuza kugeza kubandi.

© 2022, All Rights Reserved.

  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga